Gatesi: None se duhuje amateka gute?
Uwera: Sha nanjye nyine mama yambwiye ko papa yamuteye inda akamuta batabanye, aramubura n’ubu ntazi aho ari. Gusa hari undi musore wamukundaga, yaje kwemera ko babana ubu ni we data kuko navukiye murugo rwe. Aranankunda rwose nubwo abizi ko ntari umwana we. Gusa nibaza data icyo yahoye mama kikanyobera.
Gatesi: Sha burya ntiwamenya igitera umuntu guhinduka. Gusa hari abasore benshi baba bishakira imibonano gusa yamara kuyibona akagenda. Bene uwo iyo aguteye inda arakwigarika rwose ukirwariza. Niho abakobwa bamwe bafata umwanzuro wo gukuramo inda, utayikuyemo na we ubuzima bukamubera bubi cyane. Noneho iyo umuryango wo ugutereranye biba ibindi bindi. Nkubu reba ibyabaye kuri mama ni jye biri kugaruka. Nta kenda ngira, nta gaterefoni nk’abandi bana…
Uwera: Ibyo wibyibazaho, ubu wageze kaminuza, niwitwara neza mu myigire ibyo uzabasha kubyiha nawe. Erega ntukabone bariya bambara neza bose ngo ugirengo babikesha ababyeyi babo. Bamwe bariyandarika bakabibona, abandi baba bakuye ibyinyo, gutyo gutyo. Gusa jyewe iwacu ntacyo babuze, bafite byose pee. Nta cyo nifuza ngo nkibure
Gatesi: Urakoze kumpumuriza, nziga nshyizeho umwete kandi hamwe n’inshuti nka we nzagera kuri byinshi
Bakomeje kuganira amasaha arisunika igihe cyo kuryama kiragera. Iminsi yaratambutse, ari ko bakomeza kumenyera ubuzima bwa kaminuza ndetse n’amasomo ariko bayatwara buhoro buhoro.
Yvan: Bite Gatesi. Ubuzeho rero
Gatesi: Yewe amasomo yaramperanye muvandi. Kaminuza si ikintu pee.
Yvan: Ko ngufitiye agasurprise se nkubone gute ngo kakugereho
Gatesi: Sha ndi muri chambre. Duhurire hehe se?
Yvan: Bitakugoye waza ghetto ariko bikugoye wambwira jyewe nkaza nta kibazo
Gatesi: Ubu se koko nakizana mu nzu y’abahungu jyenyine? Ndabitinya
Yvan: Ariko se sindi musaza wawe? Gusa bikubangamiye washaka uwo muzana nta kibazo
Gatesi: Reka mbaze Uwera niba afite akanya tuzane naba atagafite wowe uraza duhurire hahandi wadusanze na Jacky
Yahise ahamagara Uwera, asanga nta cyo ari gukora nuko amwemerera ko bagiye kuzana
Yvan yahise ako kanya ahamagara Thierry kuko atari ari mu rugo
Yvan: Titi wa mulezi we ibiryo byabonetse
Thierry: Sindi gushona intero shumi. Ngo kiri gute se
Yvan: Wa mutoto agiye gutezamo kandi arazana na mugenzi we. Urumva rero ubaye hafi wahita nawe ushora umwatako wihuse.
Thierry: reka ndangize uyu mukino man. Nari ndi hano ku ka etage nkina billard ndahita nsimbuka. Nako baraza mbareba nta wasi
Yvan: usimbukane ka V&A rero umusa. Urabizi inoti si ikibazo
Thierry: Yes papa. Mu kanya
Gatesi yahise yambara agakanzu Uwera yamuhaye, Uwera we yambaye akajipo kagera mu mavi arenzaho agasengeri nuko baragenda.
Bageze hafi y’aho Thierry ari yarababonye ahita yoherereza SMS Yvan amubwira ko baje. Yahise amanuka anyura ku kabari agura ya nzoga, atambika agana mu nzira yigira nk’aho atababonye, ahita abasuhuza
Thierry: Gatesi wabuze bite se?
Gatesi: Uraho Thierry. Uzi ko tuje iwanyu. Uyu mwana turigana yitwa Uwera
Uwera: Uraho nanjye. Nishimiye kukumenya
Thierry: Eh wana ni karibu rero nanjye nari ndi kwerekeza mu rugo. Yvan uzi ko nta makuru yari yampaye
Gatesi: Ubanza na we tumutunguye buriya. Ariko nta birenze
Bageze mu rugo nuko baricara batangira kuganira
Yvan: Abakobwa beza ni karibu iwacu rero. Ka V&A ntimukabasha se?
Uwera: Jyewe nta kibazo ndakabasha
Gatesi: Kuva navuka sindanywa ku nzoga jyewe pee. Munyihere amazi cyangwa soda
Thierry: None se V&A ucyeka ko ari inzoga? Nywaho wumve
Bamuhaye gacye mu kirahure asomyeho
Gatesi: Ndumva karyoshye ariko harimo akantu k’inzoga ntimumbeshye
Uwera: Yewe humura ntacyo igutwara. V&A ni yo nzoga ibaho yoroha rwose
Uko banywaga niko baganiraga, ariko Gatesi kubera kutamenyera inzoga we yaragotomeraga akurikiye akaryoshye.
Ubwo byarakomeje ibiganiro biba mu matsinda, Thierry atangira kwibwirana no kumenyana na Uwera, ndetse bigezemo hagati bo barisohokera bajya kuganirira hanze, nuko abandi na bo basigara mu nzu baganira bonyine.
Thierry: Uwera nsihimiye kukumenya. Uri umukobwa mwiza gusa. Na we nizere ko ubyiyiziho
Uwera: Umva injuga mbere. Izo ntizimfata. Gusa urakoze. Ese Gatesi ni mwene wanyu
Thierry: Oya. Ahubwo avuka mu karere kamwe na Yvan. Twamenyanye umunsi wo gutangira amashuri. None se wankundiye tukamenyana jye nawe birambuye
Uwera: Ubwo se ikindi ushaka kumenya ni iki? Wamenye amazina, aho niga, uhm?
Thierry: Umva sha. Hasigaye byinshi ahubwo: ibyo ukunda haba mu kurya, kunywa, kwambara, imyidagaduro, ibikubangamira, ibyakunejeje, ibikubabaza…
Uwera: Yoo. Ni byinshi hoshi nawe. Uzabifatire umwanya wabyo ariko uzajya ubaza kimwe kimwe. Si byo?
Thierry: Nta kibazo na byo ndabyemera. Jyewe singorana. Kuwa gatandatu se wazaje tugasohokana nkagufasha kumenya ubuzima bwa kaminuza
Uwera: Gusohoka sinabyanga ariko se ubwo koko nzasohokana n’umusore tudakundana, tumenyanye bwa mbere koko?
Thierry: Ibyo se bitwaye iki? Erega ibintu byose bigira umunsi wa mbere nshuti. Si byo? Ndasaba ariko sintegeka. Niba ubyemeye mbwira ahubwo mbe nkora budget
Uwera: Hahaahh uti budget koko. Reka nta birenze ninywera V&A wabibonye, humura
Yvan: Gatesi rero nari ngukumbuye peee
Gatesi: Ni byo se ? unkumbura ntunsure koko
Yvan: reka sinakiteza chambres zanyu. Sinabona ibyo nkuganiriza hari amatwi umunani yose
Gatesi: None se hari ibanga twaba tuganira si ibisanzwe
Yvan: yego ni ibisanzwe ariko se nanone ko ntakunda akavuyo, byambangamira. Ese ko utambaza surprise ngufitiye iyo ari yo?
Gatesi: Nategereje ahubwo amatsiko yanyishe
Yvan: Nkundira mbanze nkubaze ibibazo bicye mbone kuyikubwira
Gatesi: Yego mbaza
Yvan: ubusanzwe ufite imyaka ingahe?
Gatesi: Ubu nujuje 20
Yvan: Umaze gukundana n’abasore bangahe se
Gatesi: Nta n’umwe turakundana
Yvan: Wumva se wakundana n’umusoreumeze gute
Gatesi: Umusore nakunda ni umusore wiyubaha, unyereka urukundo, wubaha Imana, utari umusinzi n’umusambanyi.
Yvan: Ibyo gusa?
Gatesi: yego ibyo abyujuje byaba bihagije
Yvan: Ndamuzi ubyujuje byose kandi yakuntumyeho ngo mukubwirire ko agukunda
Gatesi: Hhhhh. Sha urasetsa. Ubwo se umuntu watinye kubinyibwirira koko ni uwa hehe
Yvan: Ntabwo ari kure yawe nyamara. Reka nze gato mukubwire.
Yvan yarahagurutse agana mu cyumba, asohokana terefoni nshyashya ikiri mu gikarito cyayo, ayihereza Gatesi.
Yvan: Ngiyi surprise nari ngufitiye aka kanya. Nubwo idahenze ariko ni bwo bushobozi mfite ntuyiseke ntunayigaye
Gatesi yayakiriye atengurwa, mbese byamurenze cyane.
Gatesi: Yewe weee. Urakoze cyane rwose pee. Ubu se koko nzamenya kuyikoresha? Gusa urantunguye pee.
Yvan yahise amufata mu biganza amureba mu maso aramubwira
Yvan: Gate, nta wundi muntu wantumye ko agukunda. Nkikubona bwa mbere umutima wanjye wakwiyumvisemo. Sinahubukiye guhita mbikubwira nabitwaye buhoro buhoro ngo ubanze byibuze umenyere. Ndagukunda rwose pee. Kandi rwose nyemerera wakire umutima wanjye kuko ndagukunda pee. Ijambo ryawe ni ryo ntegereje niba unyemerera cyangwa ukampakanira
Gatesi yamurebye mu maso, amarira amubunga mu maso, abura icyo akora n’icyo areka. Nta jambo avuze, yaramuhobeye, ikimenyetso cy’uko yemeye. Ubwo ni bwo Yvan yahise agerageza kumwiyegereza amusoma buhoro ku munwa, undi na we wabonaga yatwawe nuko buhoro buhoro abumbura iminwa gacye, barasomana akanya gato ari na ko Yvan agenda amukorakora mu mugongo buhoro buhoro. Agiye kumukora ku mabere, Gatesi yahise ashigukira hejuru, nk’uvuye mu bitotsi kure cyane cyangwa nk’uwikanze ahita asakuza abari hanze bahita binjira
Uwera: Yvan, Gatesi abaye iki?
Thierry: Umva mwana urabe udafashe umwana w’abandi ku ngufu
N’isoni nyinshi Gatesi
Gatesi: Oya nta cyabaye ahubwo nuko nikanze gusa kubera surprise yari ankoreye
Yahise yereka Uwera terefoni bamuhaye
Uwera ayibonye, nta kintu avuze yahise atereka ku meza ikirahure yari afite mu ntoki ahita afata Gatesi akaboko amusohokana hanze
Bageze hanze yahise amubwira ati: ...........
Uwera: Sha nanjye nyine mama yambwiye ko papa yamuteye inda akamuta batabanye, aramubura n’ubu ntazi aho ari. Gusa hari undi musore wamukundaga, yaje kwemera ko babana ubu ni we data kuko navukiye murugo rwe. Aranankunda rwose nubwo abizi ko ntari umwana we. Gusa nibaza data icyo yahoye mama kikanyobera.
Gatesi: Sha burya ntiwamenya igitera umuntu guhinduka. Gusa hari abasore benshi baba bishakira imibonano gusa yamara kuyibona akagenda. Bene uwo iyo aguteye inda arakwigarika rwose ukirwariza. Niho abakobwa bamwe bafata umwanzuro wo gukuramo inda, utayikuyemo na we ubuzima bukamubera bubi cyane. Noneho iyo umuryango wo ugutereranye biba ibindi bindi. Nkubu reba ibyabaye kuri mama ni jye biri kugaruka. Nta kenda ngira, nta gaterefoni nk’abandi bana…
Uwera: Ibyo wibyibazaho, ubu wageze kaminuza, niwitwara neza mu myigire ibyo uzabasha kubyiha nawe. Erega ntukabone bariya bambara neza bose ngo ugirengo babikesha ababyeyi babo. Bamwe bariyandarika bakabibona, abandi baba bakuye ibyinyo, gutyo gutyo. Gusa jyewe iwacu ntacyo babuze, bafite byose pee. Nta cyo nifuza ngo nkibure
Gatesi: Urakoze kumpumuriza, nziga nshyizeho umwete kandi hamwe n’inshuti nka we nzagera kuri byinshi
Bakomeje kuganira amasaha arisunika igihe cyo kuryama kiragera. Iminsi yaratambutse, ari ko bakomeza kumenyera ubuzima bwa kaminuza ndetse n’amasomo ariko bayatwara buhoro buhoro.
Nuko rimwe
Yvan: Bite Gatesi. Ubuzeho rero
Gatesi: Yewe amasomo yaramperanye muvandi. Kaminuza si ikintu pee.
Yvan: Ko ngufitiye agasurprise se nkubone gute ngo kakugereho
Gatesi: Sha ndi muri chambre. Duhurire hehe se?
Yvan: Bitakugoye waza ghetto ariko bikugoye wambwira jyewe nkaza nta kibazo
Gatesi: Ubu se koko nakizana mu nzu y’abahungu jyenyine? Ndabitinya
Yvan: Ariko se sindi musaza wawe? Gusa bikubangamiye washaka uwo muzana nta kibazo
Gatesi: Reka mbaze Uwera niba afite akanya tuzane naba atagafite wowe uraza duhurire hahandi wadusanze na Jacky
Yahise ahamagara Uwera, asanga nta cyo ari gukora nuko amwemerera ko bagiye kuzana
Yvan yahise ako kanya ahamagara Thierry kuko atari ari mu rugo
Yvan: Titi wa mulezi we ibiryo byabonetse
Thierry: Sindi gushona intero shumi. Ngo kiri gute se
Yvan: Wa mutoto agiye gutezamo kandi arazana na mugenzi we. Urumva rero ubaye hafi wahita nawe ushora umwatako wihuse.
Thierry: reka ndangize uyu mukino man. Nari ndi hano ku ka etage nkina billard ndahita nsimbuka. Nako baraza mbareba nta wasi
Yvan: usimbukane ka V&A rero umusa. Urabizi inoti si ikibazo
Thierry: Yes papa. Mu kanya
Gatesi yahise yambara agakanzu Uwera yamuhaye, Uwera we yambaye akajipo kagera mu mavi arenzaho agasengeri nuko baragenda.
Bageze hafi y’aho Thierry ari yarababonye ahita yoherereza SMS Yvan amubwira ko baje. Yahise amanuka anyura ku kabari agura ya nzoga, atambika agana mu nzira yigira nk’aho atababonye, ahita abasuhuza
Thierry: Gatesi wabuze bite se?
Gatesi: Uraho Thierry. Uzi ko tuje iwanyu. Uyu mwana turigana yitwa Uwera
Uwera: Uraho nanjye. Nishimiye kukumenya
Thierry: Eh wana ni karibu rero nanjye nari ndi kwerekeza mu rugo. Yvan uzi ko nta makuru yari yampaye
Gatesi: Ubanza na we tumutunguye buriya. Ariko nta birenze
Bageze mu rugo nuko baricara batangira kuganira
Yvan: Abakobwa beza ni karibu iwacu rero. Ka V&A ntimukabasha se?
Uwera: Jyewe nta kibazo ndakabasha
Gatesi: Kuva navuka sindanywa ku nzoga jyewe pee. Munyihere amazi cyangwa soda
Thierry: None se V&A ucyeka ko ari inzoga? Nywaho wumve
Bamuhaye gacye mu kirahure asomyeho
Gatesi: Ndumva karyoshye ariko harimo akantu k’inzoga ntimumbeshye
Uwera: Yewe humura ntacyo igutwara. V&A ni yo nzoga ibaho yoroha rwose
Uko banywaga niko baganiraga, ariko Gatesi kubera kutamenyera inzoga we yaragotomeraga akurikiye akaryoshye.
Ubwo byarakomeje ibiganiro biba mu matsinda, Thierry atangira kwibwirana no kumenyana na Uwera, ndetse bigezemo hagati bo barisohokera bajya kuganirira hanze, nuko abandi na bo basigara mu nzu baganira bonyine.
***************
ABARI HANZE
Thierry: Uwera nsihimiye kukumenya. Uri umukobwa mwiza gusa. Na we nizere ko ubyiyiziho
Uwera: Umva injuga mbere. Izo ntizimfata. Gusa urakoze. Ese Gatesi ni mwene wanyu
Thierry: Oya. Ahubwo avuka mu karere kamwe na Yvan. Twamenyanye umunsi wo gutangira amashuri. None se wankundiye tukamenyana jye nawe birambuye
Uwera: Ubwo se ikindi ushaka kumenya ni iki? Wamenye amazina, aho niga, uhm?
Thierry: Umva sha. Hasigaye byinshi ahubwo: ibyo ukunda haba mu kurya, kunywa, kwambara, imyidagaduro, ibikubangamira, ibyakunejeje, ibikubabaza…
Uwera: Yoo. Ni byinshi hoshi nawe. Uzabifatire umwanya wabyo ariko uzajya ubaza kimwe kimwe. Si byo?
Thierry: Nta kibazo na byo ndabyemera. Jyewe singorana. Kuwa gatandatu se wazaje tugasohokana nkagufasha kumenya ubuzima bwa kaminuza
Uwera: Gusohoka sinabyanga ariko se ubwo koko nzasohokana n’umusore tudakundana, tumenyanye bwa mbere koko?
Thierry: Ibyo se bitwaye iki? Erega ibintu byose bigira umunsi wa mbere nshuti. Si byo? Ndasaba ariko sintegeka. Niba ubyemeye mbwira ahubwo mbe nkora budget
Uwera: Hahaahh uti budget koko. Reka nta birenze ninywera V&A wabibonye, humura
*****************
TUGARUKE MU NZU
Yvan: Gatesi rero nari ngukumbuye peee
Gatesi: Ni byo se ? unkumbura ntunsure koko
Yvan: reka sinakiteza chambres zanyu. Sinabona ibyo nkuganiriza hari amatwi umunani yose
Gatesi: None se hari ibanga twaba tuganira si ibisanzwe
Yvan: yego ni ibisanzwe ariko se nanone ko ntakunda akavuyo, byambangamira. Ese ko utambaza surprise ngufitiye iyo ari yo?
Gatesi: Nategereje ahubwo amatsiko yanyishe
Yvan: Nkundira mbanze nkubaze ibibazo bicye mbone kuyikubwira
Gatesi: Yego mbaza
Yvan: ubusanzwe ufite imyaka ingahe?
Gatesi: Ubu nujuje 20
Yvan: Umaze gukundana n’abasore bangahe se
Gatesi: Nta n’umwe turakundana
Yvan: Wumva se wakundana n’umusoreumeze gute
Gatesi: Umusore nakunda ni umusore wiyubaha, unyereka urukundo, wubaha Imana, utari umusinzi n’umusambanyi.
Yvan: Ibyo gusa?
Gatesi: yego ibyo abyujuje byaba bihagije
Yvan: Ndamuzi ubyujuje byose kandi yakuntumyeho ngo mukubwirire ko agukunda
Gatesi: Hhhhh. Sha urasetsa. Ubwo se umuntu watinye kubinyibwirira koko ni uwa hehe
Yvan: Ntabwo ari kure yawe nyamara. Reka nze gato mukubwire.
Yvan yarahagurutse agana mu cyumba, asohokana terefoni nshyashya ikiri mu gikarito cyayo, ayihereza Gatesi.
Yvan: Ngiyi surprise nari ngufitiye aka kanya. Nubwo idahenze ariko ni bwo bushobozi mfite ntuyiseke ntunayigaye
Gatesi yayakiriye atengurwa, mbese byamurenze cyane.
Gatesi: Yewe weee. Urakoze cyane rwose pee. Ubu se koko nzamenya kuyikoresha? Gusa urantunguye pee.
Yvan yahise amufata mu biganza amureba mu maso aramubwira
Yvan: Gate, nta wundi muntu wantumye ko agukunda. Nkikubona bwa mbere umutima wanjye wakwiyumvisemo. Sinahubukiye guhita mbikubwira nabitwaye buhoro buhoro ngo ubanze byibuze umenyere. Ndagukunda rwose pee. Kandi rwose nyemerera wakire umutima wanjye kuko ndagukunda pee. Ijambo ryawe ni ryo ntegereje niba unyemerera cyangwa ukampakanira
Gatesi yamurebye mu maso, amarira amubunga mu maso, abura icyo akora n’icyo areka. Nta jambo avuze, yaramuhobeye, ikimenyetso cy’uko yemeye. Ubwo ni bwo Yvan yahise agerageza kumwiyegereza amusoma buhoro ku munwa, undi na we wabonaga yatwawe nuko buhoro buhoro abumbura iminwa gacye, barasomana akanya gato ari na ko Yvan agenda amukorakora mu mugongo buhoro buhoro. Agiye kumukora ku mabere, Gatesi yahise ashigukira hejuru, nk’uvuye mu bitotsi kure cyane cyangwa nk’uwikanze ahita asakuza abari hanze bahita binjira
Uwera: Yvan, Gatesi abaye iki?
Thierry: Umva mwana urabe udafashe umwana w’abandi ku ngufu
N’isoni nyinshi Gatesi
Gatesi: Oya nta cyabaye ahubwo nuko nikanze gusa kubera surprise yari ankoreye
Yahise yereka Uwera terefoni bamuhaye
Uwera ayibonye, nta kintu avuze yahise atereka ku meza ikirahure yari afite mu ntoki ahita afata Gatesi akaboko amusohokana hanze
Bageze hanze yahise amubwira ati: ...........
Yamubwiye ate se ubu?
Biracyaza…
oya namusohore rwose yvan numwana mubi.
ReplyDeleteNuko se ishyano rizagwe gute
ReplyDeleteAsyeee! Mbega Gatesi wakawani, ndumva anteye umujinya namuceka nkurushyi
ReplyDeleteYewe nta bya Gatesi ndumva anteye umujinya.
ReplyDeleteKubita
ReplyDelete