Posts

INKURU IHERUKA

Wari uzi ko: Uburyo muryamamo bufite icyo buvuze ku mubano wanyu

Ubikora utabizi, utabitekerejeho cyangwa se ukumva ni bwo buryo bubabangukiye kuryamamo. I kizabikubwira ni uko uko muryama mwatonganye atari ko muryama mumaze gukora imibonano. A bahanga rero mu mibanire, bashyize hamwe ubusobanuro bwa buri buryo abashakanye/abakundana baryamamo maze berekana icyo buri buryo buba busobanuye. N i byo iyi nkuru igiye kuvugaho. 1.  G ukoranaho U titaye ku buryo mwaba muryamyemo bwose, kenshi ushobora gupfumbata cyangwa gushyira akaboko, akaguru se ku wo muri kumwe. I bi biba bivuze ko umwitayeho 24/7 kandi umuzirikana. N iba agupfumbatishije ukuboko, bivuze ko ayoboye kandi ashaka kubikomeza. I yo ikiganza cye kiri munsi y’ukuboko kwawe cyangwa se yagishyize hagati y’amaguru yawe biba bivuze ko akwishyize mu maboko, atabaho atagufite kandi agushaka hafi ye igihe cyose N iba atakwegereye ahubwo ukumva ameze nk’ukubyigisha ikibuno, agukozaho agatsinsino cyangwa amano, burya aba afite isoni, kandi aba agushaka ahubwo yabu

Mukobwa uzirinde aba basore barindwi niba ushaka kubaka