Yaramubwiye ati ba uretse, Yvan arikanga nuko ahita abyuka aricara
Yvan: Bigenze bite se mukunzi?
Gatesi: None se kuki utambaye agakingirizo?
Yvan: Ubwo se koko agakingirizo ni ak’iki?
Gatesi: Ariko waretse kwijijisha koko? Agakingirizo igihe bahereye batwigisha ibyiza byako, urumva koko wakabaye umbaza ngo ni ak’iki
Yvan: Ese ubu koko ntunyizera chou?
Gatesi: Uhm. Ndakwizera ariko burya kwirinda biruta kwivuza. Ndagukunda nawe urankunda ndabibona ariko turacyafite byinshi bidutegereje imbere. Niba nta n’indwara umwe yatera undi, ariko nshobora no gutwita.
Yvan: Reka ntiwatwita ari ho ukiva mu mihango. Naho indwara zo njyewe nta zo mfite kandi wowe uri isugi nawe ntuzifite
Gatesi: None se uzi ute uko ukwezi kwanjye kureshya? Erega buri mukobwa na buri mugore arihariye. Jyewe ubuzima bw’imyororokere nabwize mbyitayeho sinshaka kuzasama ntari umugore rwose. Yego sinzi neza igihe nasamiramo ariko kuba wasama ukiva mu mihango birashoboka. Batubwiye ko iyo ufite ukwezi kuri munsi y’iminsi 25 kandi ukaba umara mu mihango iminsi irenga ine, gusama ukiva mu mihango birashoboka cyane.
Yvan: Noneho ndarangirirza hasi ntagutera inda
Gatesi: Chr nanjye ndabishaka kubikora ariko utambaye agakingirizo ntabyo turi bukore rwose
Yvan yabonye Gatesi atsimbaraye aremera arakambara dore ko yari anakifitiye aho mu cyumba.
Babikoze bishimye gusa ntibyabujije Gatesi kubabara no kuva amaraso atari menshi, kuko Yvan yabikoze yitonze dore ko yari abizi neza ko Gatesi akiri isugi.
Barangije bararyamye barasinzira, iryo joro ryabereye ryiza Gatesi, yaraye apfumbase yvan. Ni bwo bwari ubwa mbere araranye n’umuhungu gusa kuko yamukundaga yumvaga ari ibintu byiza cyane.
Yvan we nta gishya kuri we, kurarana n’abakobwa byari ibintu bye, yari abimenyereye rwose dore ko hatashoboraga gushira icyumweru atararanye byibuze n’umukobwa. Ni mu gihe yari afite ibyo abashukisha, akagira akarimi karyoshye n’amagambo asize umunyu.
Bucyeye Gatesi yarabyutse amukorera isuku mu cyumba, asohora imyenda arayifura. Akiri gufura Thierry yarasohotse atungurwa no kumubona dore ko atari azi ko yaraye aho. Akimubona yahise yiyamirira byo gutangara, Gatesi bimutera isoni ariko yihagararaho aramusuhuza
Gatesi: Mwaramutse Thierry
Thierry: Waramutse neza umukazana
Gatesi: Ibyo se uvuga ni ibiki
Thierry: Ahubwo Yvan nabyuke azane umugororamboro
Gatesi: Yego kooo. Mbega ikijambo uvuze. Uwo se wo kandi ni umuki?
Thierry: Mu Rwanda rwo hambere iyo umusore yabaga yaraye arongoye abaje kumusura babazimaniraga inzoga. Iyo nzoga rero ni yo yitwaga gutyo. Mu bindi bice batekaga igitoki na cyo kigahabwa iryo zina. Ubwo rero natagura inzoga arateka agatoki da
Bahise baseka bituma Yvan abyuka aza kureba ikibaye nuko batera agatebe hanze baba bakina igisoro bananywa agacupa dore ko iwabo hari mu kidakama.
Gatesi amaze gufura yaroze nuko arambara arasezera. Bamaze kumuherekeza baraje baraganira
Thierry: Mwana uzi ko undenzeho. Mu minsi ingahe umuntu ukaba uramuriye
Yvan: Jyewe iyo niyemeje ikintu nshirwa nkigezeho. Ubu noneho ndatuje
Thierry: Koko se yari isugi? Cyangwa ni bimwe byabo
Yvan: Sha yari isugi ariko izi ubwenge. Yanze ko ndya bango pee. Ubu nazimennye mu ishashi rwose
Thierry: Nyamara burya yakurinze byinshi. Ese umuteye inda wabigenza ute koko?
Yvan: Sha nakiruka nkahunga rwose. Sinditegura kuba nabyara rwose
Thierry: Ubwo se ubundi wamuhaye irihe shimwe
Yvan: Nashyize 30000 mu gakapu ke atabizi. Erega sinamuguze twabikoze kuko dukundana. Ayo ni ayo kuza kugura ako kunywa nyine nawe akishimira ibyo twakoze
Thierry: Uti ntiwamuguze? Ngo urukundo? Ariko urukundo wowe uraruzi cyangwa urwumva kuri radiyo? Ahubwo nyibwirira gahunda y’umukire dore udufaranga turi gucyendera
Yvan: None se ntuzi ko ubushize twamuhaye Uwera. Ahubwo ntiyigeze aduha amakuru. Reka muhamagare numve uko byifashe
Turabona Gatesi agenda yubitse umutwe. Ari kwibaza niba ibyo yaraye akoze atahubutse, akibaza niba koko Yvan amukunda cyangwa se yamushakagaho imibonano gusa. Ibyo byose biri kumurwanira mu mutwe akabihuza n’impanuro za nyina akongeraho iza Jacky atacyikoza cyane kuko aba amuhana kenshi. Ariko nanone akirema agatima kuko batakoreye aho kandi yabikoranye n’uwo akunda. Ubu asigaye acuditse cyane na Sheilla dore ko we aba amubwira atamuhabura. Yakoze mu gakapu ngo afate terefoni amuhamagare, akozemo yumvamo amafaranga atashyizemo yibaza igihe yagiriyemo. Ahita abanza guhamagara Yvan
Yvan: Yego mugore mwiza. Wagezeyo se
Gatesi: Yego ndi mu kigo. Ese aya mafaranga ni wowe wayashyizemo hano?
Yvan: yego ni jye wayashyizemo. Ni agafanta nakuguriye ndabizi buruse yaratinze
Gatesi: Chr aya ni menshi ntukampe amafaranga rwose angana atya. Ariko wakoze nagushimiye
Yvan: Nizere ko ubutaha tutazashwanira ka kanyagwa
Gatesi: Ushaka wakamenyera nyamara karinda byinshi. Umunsi mwiza rero mukomeze muryoherwe
Yarakupye ahita ahamagara Sheilla
Gatesi: Sheilla uri hehe se
Sheilla: Sha nibereye chambre nakubiswe
Gatesi: Ndaje nkurebe ngutere story
Sheilla: Tebuka chouchou, ndumva amatsiko
Na we ntiyatinze kumugeraho nuko barasohoka biyicarira mu busitani maze Gatesi aterura inkuru
Gatesi: Sha nyine iri joro ryari bae
Sheilla: Gute se we, mwabyinnye se
Gatesi: Ntitwanatinzeyo ahubwo ubu nyine nabaye nkawe
Sheilla: Reka guca ku ruhande ariko umpe amakuru atariho ivumbi
Gatesi: Nyine Yvan yaraye anyambuye ubusugi. Shahu byari biryoshye nubwo nababaraga buhoro
Sheilla: Hahaha. Wumvise icyo twakurushije noneho
Gatesi: yego pee. Ahubwo se we, ubu singiye kuraruka. Ndumva nubu ndi kubishaka
Sheilla: Sha utazajya umuha kenshi yahita aguhararuka akakureka. Jya wirenza byibuze ukwezi cyangwa n’amezi menshi
Gatesi: Yego kooo. Sinzi ko nzabibasha da. Keretse natazajya ampamagara
Sheilla: Nta gacupa se yaguze ngo ninywere ko icyaka cyambanye icyorezo
Gatesi: Sha ntikabura. Ahubwo tujye kugura akantu tukanywere muri chambre ni byo sawa
Yvan yahamagaye umukire nuko baravugana
Yvan: Boss noneho ko wadukuyeho amaboko koko
Kamuzinzi: Sha nahise njya mu nama itunguranye ariko uriya mukobwa mumurebe mwirebe
Yvan: Noneho wasanze ari uburyohe?
Kamuzinzi: Umva ubwire Thierry ko namukoraho nzamuca akaboko ahubwo. Ahubwo mujye mumuncungira nihagira n’undi muntu umwegera muzambwire nivune umwanzi. Urumva sha. Ahubwo ejo nzaza aho muri kaminuza, tuzabonane tuvugane kuri ya gahunda ya wa mwana wundi.
Yvan: Yego boss. Ariko uranjimije. Kuki uri gufuhira umukobwa koko nk’uriya?
Kamuzinzi: Umva sha nzababwira neza gahunda ejo ndeka ntumbaze byinshi. Reka mbashyirire kuri compte utwo kurya ubwo ndabizi weekend yabashegeshe
Yvan: Ni cyo ngukundira boss.
Ari Gatesi na Sheilla, ari Yvan na Thierry bose bashoje weekend neza, ariko Uwera we yari akiri kwibaza byinshi kuko kuva yahura na Kamuzinzi byari byamuyobeye
Ubwo bucyeye, nkuko kuri gahunda byari bipanze, mama Uwera yaje kumusura, nuko ubwo barimo baganira Uwera abwira nyina
Uwera: Mama hari umugabo wambwiye ngo nzabahuze ngiye kumuhamagara aze agusuhuze
Mama: Umugabo? Mwahuriye hehe? Yitwa nde
Uwera: Yitwa Kamuzinzi twahuriye mu mugi ngo abona turasa ahita ambaza mama asanga arakuzi.
Mama: Mubwire aze murebe da. Ariko ndumva nta Kamuzinzi nzi
Kamuzinzi yaraje, Mukamusoni akimubona ahita ahaguruka nuko ati:…
Yvan: Bigenze bite se mukunzi?
Gatesi: None se kuki utambaye agakingirizo?
Yvan: Ubwo se koko agakingirizo ni ak’iki?
Gatesi: Ariko waretse kwijijisha koko? Agakingirizo igihe bahereye batwigisha ibyiza byako, urumva koko wakabaye umbaza ngo ni ak’iki
Yvan: Ese ubu koko ntunyizera chou?
Gatesi: Uhm. Ndakwizera ariko burya kwirinda biruta kwivuza. Ndagukunda nawe urankunda ndabibona ariko turacyafite byinshi bidutegereje imbere. Niba nta n’indwara umwe yatera undi, ariko nshobora no gutwita.
Yvan: Reka ntiwatwita ari ho ukiva mu mihango. Naho indwara zo njyewe nta zo mfite kandi wowe uri isugi nawe ntuzifite
Gatesi: None se uzi ute uko ukwezi kwanjye kureshya? Erega buri mukobwa na buri mugore arihariye. Jyewe ubuzima bw’imyororokere nabwize mbyitayeho sinshaka kuzasama ntari umugore rwose. Yego sinzi neza igihe nasamiramo ariko kuba wasama ukiva mu mihango birashoboka. Batubwiye ko iyo ufite ukwezi kuri munsi y’iminsi 25 kandi ukaba umara mu mihango iminsi irenga ine, gusama ukiva mu mihango birashoboka cyane.
Yvan: Noneho ndarangirirza hasi ntagutera inda
Gatesi: Chr nanjye ndabishaka kubikora ariko utambaye agakingirizo ntabyo turi bukore rwose
Yvan yabonye Gatesi atsimbaraye aremera arakambara dore ko yari anakifitiye aho mu cyumba.
Babikoze bishimye gusa ntibyabujije Gatesi kubabara no kuva amaraso atari menshi, kuko Yvan yabikoze yitonze dore ko yari abizi neza ko Gatesi akiri isugi.
Barangije bararyamye barasinzira, iryo joro ryabereye ryiza Gatesi, yaraye apfumbase yvan. Ni bwo bwari ubwa mbere araranye n’umuhungu gusa kuko yamukundaga yumvaga ari ibintu byiza cyane.
Yvan we nta gishya kuri we, kurarana n’abakobwa byari ibintu bye, yari abimenyereye rwose dore ko hatashoboraga gushira icyumweru atararanye byibuze n’umukobwa. Ni mu gihe yari afite ibyo abashukisha, akagira akarimi karyoshye n’amagambo asize umunyu.
Bucyeye Gatesi yarabyutse amukorera isuku mu cyumba, asohora imyenda arayifura. Akiri gufura Thierry yarasohotse atungurwa no kumubona dore ko atari azi ko yaraye aho. Akimubona yahise yiyamirira byo gutangara, Gatesi bimutera isoni ariko yihagararaho aramusuhuza
Gatesi: Mwaramutse Thierry
Thierry: Waramutse neza umukazana
Gatesi: Ibyo se uvuga ni ibiki
Thierry: Ahubwo Yvan nabyuke azane umugororamboro
Gatesi: Yego kooo. Mbega ikijambo uvuze. Uwo se wo kandi ni umuki?
Thierry: Mu Rwanda rwo hambere iyo umusore yabaga yaraye arongoye abaje kumusura babazimaniraga inzoga. Iyo nzoga rero ni yo yitwaga gutyo. Mu bindi bice batekaga igitoki na cyo kigahabwa iryo zina. Ubwo rero natagura inzoga arateka agatoki da
Bahise baseka bituma Yvan abyuka aza kureba ikibaye nuko batera agatebe hanze baba bakina igisoro bananywa agacupa dore ko iwabo hari mu kidakama.
Gatesi amaze gufura yaroze nuko arambara arasezera. Bamaze kumuherekeza baraje baraganira
Thierry: Mwana uzi ko undenzeho. Mu minsi ingahe umuntu ukaba uramuriye
Yvan: Jyewe iyo niyemeje ikintu nshirwa nkigezeho. Ubu noneho ndatuje
Thierry: Koko se yari isugi? Cyangwa ni bimwe byabo
Yvan: Sha yari isugi ariko izi ubwenge. Yanze ko ndya bango pee. Ubu nazimennye mu ishashi rwose
Thierry: Nyamara burya yakurinze byinshi. Ese umuteye inda wabigenza ute koko?
Yvan: Sha nakiruka nkahunga rwose. Sinditegura kuba nabyara rwose
Thierry: Ubwo se ubundi wamuhaye irihe shimwe
Yvan: Nashyize 30000 mu gakapu ke atabizi. Erega sinamuguze twabikoze kuko dukundana. Ayo ni ayo kuza kugura ako kunywa nyine nawe akishimira ibyo twakoze
Thierry: Uti ntiwamuguze? Ngo urukundo? Ariko urukundo wowe uraruzi cyangwa urwumva kuri radiyo? Ahubwo nyibwirira gahunda y’umukire dore udufaranga turi gucyendera
Yvan: None se ntuzi ko ubushize twamuhaye Uwera. Ahubwo ntiyigeze aduha amakuru. Reka muhamagare numve uko byifashe
*************
TUGARUKE MU KIGO
Turabona Gatesi agenda yubitse umutwe. Ari kwibaza niba ibyo yaraye akoze atahubutse, akibaza niba koko Yvan amukunda cyangwa se yamushakagaho imibonano gusa. Ibyo byose biri kumurwanira mu mutwe akabihuza n’impanuro za nyina akongeraho iza Jacky atacyikoza cyane kuko aba amuhana kenshi. Ariko nanone akirema agatima kuko batakoreye aho kandi yabikoranye n’uwo akunda. Ubu asigaye acuditse cyane na Sheilla dore ko we aba amubwira atamuhabura. Yakoze mu gakapu ngo afate terefoni amuhamagare, akozemo yumvamo amafaranga atashyizemo yibaza igihe yagiriyemo. Ahita abanza guhamagara Yvan
Yvan: Yego mugore mwiza. Wagezeyo se
Gatesi: Yego ndi mu kigo. Ese aya mafaranga ni wowe wayashyizemo hano?
Yvan: yego ni jye wayashyizemo. Ni agafanta nakuguriye ndabizi buruse yaratinze
Gatesi: Chr aya ni menshi ntukampe amafaranga rwose angana atya. Ariko wakoze nagushimiye
Yvan: Nizere ko ubutaha tutazashwanira ka kanyagwa
Gatesi: Ushaka wakamenyera nyamara karinda byinshi. Umunsi mwiza rero mukomeze muryoherwe
Yarakupye ahita ahamagara Sheilla
Gatesi: Sheilla uri hehe se
Sheilla: Sha nibereye chambre nakubiswe
Gatesi: Ndaje nkurebe ngutere story
Sheilla: Tebuka chouchou, ndumva amatsiko
Na we ntiyatinze kumugeraho nuko barasohoka biyicarira mu busitani maze Gatesi aterura inkuru
Gatesi: Sha nyine iri joro ryari bae
Sheilla: Gute se we, mwabyinnye se
Gatesi: Ntitwanatinzeyo ahubwo ubu nyine nabaye nkawe
Sheilla: Reka guca ku ruhande ariko umpe amakuru atariho ivumbi
Gatesi: Nyine Yvan yaraye anyambuye ubusugi. Shahu byari biryoshye nubwo nababaraga buhoro
Sheilla: Hahaha. Wumvise icyo twakurushije noneho
Gatesi: yego pee. Ahubwo se we, ubu singiye kuraruka. Ndumva nubu ndi kubishaka
Sheilla: Sha utazajya umuha kenshi yahita aguhararuka akakureka. Jya wirenza byibuze ukwezi cyangwa n’amezi menshi
Gatesi: Yego kooo. Sinzi ko nzabibasha da. Keretse natazajya ampamagara
Sheilla: Nta gacupa se yaguze ngo ninywere ko icyaka cyambanye icyorezo
Gatesi: Sha ntikabura. Ahubwo tujye kugura akantu tukanywere muri chambre ni byo sawa
***************
TUGARUKE KWA YVAN
Yvan yahamagaye umukire nuko baravugana
Yvan: Boss noneho ko wadukuyeho amaboko koko
Kamuzinzi: Sha nahise njya mu nama itunguranye ariko uriya mukobwa mumurebe mwirebe
Yvan: Noneho wasanze ari uburyohe?
Kamuzinzi: Umva ubwire Thierry ko namukoraho nzamuca akaboko ahubwo. Ahubwo mujye mumuncungira nihagira n’undi muntu umwegera muzambwire nivune umwanzi. Urumva sha. Ahubwo ejo nzaza aho muri kaminuza, tuzabonane tuvugane kuri ya gahunda ya wa mwana wundi.
Yvan: Yego boss. Ariko uranjimije. Kuki uri gufuhira umukobwa koko nk’uriya?
Kamuzinzi: Umva sha nzababwira neza gahunda ejo ndeka ntumbaze byinshi. Reka mbashyirire kuri compte utwo kurya ubwo ndabizi weekend yabashegeshe
Yvan: Ni cyo ngukundira boss.
Ari Gatesi na Sheilla, ari Yvan na Thierry bose bashoje weekend neza, ariko Uwera we yari akiri kwibaza byinshi kuko kuva yahura na Kamuzinzi byari byamuyobeye
***************
BUCYEYE BWAHO
Ubwo bucyeye, nkuko kuri gahunda byari bipanze, mama Uwera yaje kumusura, nuko ubwo barimo baganira Uwera abwira nyina
Uwera: Mama hari umugabo wambwiye ngo nzabahuze ngiye kumuhamagara aze agusuhuze
Mama: Umugabo? Mwahuriye hehe? Yitwa nde
Uwera: Yitwa Kamuzinzi twahuriye mu mugi ngo abona turasa ahita ambaza mama asanga arakuzi.
Mama: Mubwire aze murebe da. Ariko ndumva nta Kamuzinzi nzi
Kamuzinzi yaraje, Mukamusoni akimubona ahita ahaguruka nuko ati:…
Ese biragenda gute noneho?
Biracyaza
Umukobwa arayumvise uburyo inurira.hahahahahah.mama uwera we sinzi tu .arashwana na kamizinzi
ReplyDeleteGatesi arambabaje pe
ReplyDeleteMbega Gatesi w'umwana mumutwe!
ReplyDeleteNgo nawe yabaye nk'abandi, araje yumve ibyo ba Sheilla bamurishije ku mugani we!
ambaaa mbibuba( mbivuga) sibwo gatesi bamusuguye nawe yabishakaga!!! none Reba arababutse ngwarumva abishaka nanone hummm
ReplyDelete