Kamuzinzi yatinze kuri terefoni aho agarukiye ahita abwira Uwera:
Kamuzinzi: Umva mwana wa, ntidukomeje kuganira barankeneye byihutirwa ndagiye. Ariko ku cyumweru ntuzibagirwe kumbwira mama wawe namara kuhagera, byinshi uzabimenya icyo gihe. Ngaho subira ku ishuri kandi igihe cyose uzagira ikibazo cy’amafaranga uzajye umbwira.
Uwera: Ariko hari ibintu wari ugiye kumbwira ubicamo hagati utabirangije.
Kamuzinzi: Byatwara igihe kubigusobanurira kandi ubu ndi kwihuta. Ariko uzamenya byinshi icyo gihe. Ngaho akira utu dufaranga ube wifashisha mu gihe batarabaha ka buruse
Yahise amuhereza ibihumbi ijana, nuko amushyira mu modoka amugeza kuri kaminuza na we ahita ajya muri gahunda zari zimutunguye.
Gusa Uwera yagiye yibaza byinshi, yibaza aho Kamuzinzi yaba ahuriye na nyina, yibaza impamvu icyo yamutumirije atagikoze, byose bimurwanira mu mutwe.
Yarebye kuri terefoni abona Gatesi yamuhamagaye aramubura nuko aramuhamagara undi na we ntiyitaba bishoboke ko atayumvise.
Duheruka Gatesi na Sheilla bajya kunywa ka V&A. bageze mu kabari baricara, batumiza ho icupa ryose rinini nuko basaba n’uturahure batangira kunywa baganira.
Sheilla: Gatesi we sha burya ifaranga riraryoha ariko gukora imibonano nuwo udakunda birabiha pee. Ndumva ahubwo ari bwo ndi kubishaka
Gatesi: None se nta boyfriend ufite ngo umutungure ujye kumuraza ko numvise ngo hano murabikora
Sheilla: Sha ubu nta we mfite. Hano haba ibyo bita mariage academique, ni byo byambayeho. Umusore murakundana, akakubera nk’umugabo mwanashaka mukaba muri ghetto imwe. Ubwo rero nanjye nageze hano mbona umutype turakundana, weekend yose nayimaraga iwe. Ubu yararangije, sha ukuntu bibabaje binashekeje niyo muhamagaye anyitaba nk’aho atanzi ati ndahuze. Ubu nararize narihanaguye
Gatesi: Ko unteye ubwoba se. None Yvan na we yazabinkora ko nasara. Namaze kumwimariramo pee. Ubu imihango itinze gushira nkajya kwisujyuza
Sheilla yahise aseka cyane nuko ati
Sheilla: Sha Gate nawe ubanza icyaro ari cyo cyari cyaragutsikamiye pee. Uti kwisujyuza. Ugire Imana ntazabe nk’umugabo nahuye na we. Ni ukubabona bagenda naho ntacyo bishoboreye rwose. Uzi ko mu minota 30 yari akoze mo amaturu abiri. Kandi iyatinze yamaraga iminota ibiri gusa. Nubwo iya kabiri byabaye guhembera naho ntabwo yari tayari
Gatesi: erega jyewe ibyo umbwira simbizi. None se ubundi umuntu amara iminota ingahe ubusanzwe?
Sheilla: Ubusanzwe cheri wanjye ntiyajyaga ajya munsi y’iminota 20. ariko umva. Yakoraga gahunda nkavuga nti genda wa mugabo we uzi akazi. None njya mukumbura nkamubura sha.
Gatesi: ariko se ko bambwiye ngo ubwa mbere umuntu arava cyane koko ni byo?
Sheilla: Ushobora kuva cyangwa ntuve byose biterwa nuwo mubikoranye uburyo abikozemo, bikanagendera ku kuntu uteye. Gusa ntitwabura niyo twaba ducye da. Ariko ntibigutere ubwoba ni ibisanzwe. Iyo ubikoze ubishaka kandi uwo mubikorana mukundana biryoha biryana nyine. Hahahaaa
Gatesi: Sha dutahe ndumva kagiye kumfata kandi ejo ni kuwa gatanu wowe ubwo uzasohoka.
Sheilla: Ushaka nawe wazaza tugasohokana biremewe
Gatesi: keretse cheri nampa gahunda
Sheilla: Nta kuntu atayiguha bariya bahungu bakunda ikirori kubi
Gatesi: ariko barakize wee. Uzi ko bahorana liquor mu rugo, ntibasiba mu kabari narumiwe jyewe
Sheilla: Sha ubanza bavuka mu ngo zihagazeho. Nanjye uwantereta muri bo sinakiraza I Nyanza
Gatesi: Umva reka dutahe tutarara mu kabari ni ah’ejo
Yvan: Waramutse ute mukobwa mwiza
Gatesi: Ni amahoro rukundo rwanjye
Yvan: None se uyu munsi gahunda zawe zimeze gute
Gatesi: Ubu ngiye kujya mu ishuri, ubundi nta yindi gahunda mfite
Yvan: Waretse se nimugoroba tukaza gusangira ibya nijoro
Gatesi: Aho mu rugo cyangwa ahandi
Yvan: Oya nshaka ko tuza gusohoka. Ese imihango ntirakama
Gatesi: Ubanza yashize sinzi. Ariko pad nararanye ndabona nta cyagiyeho
Yvan: Ubwo rero tuze guhura nka saa mbiri hahandi tunywera haba umuziki uryoshye. Sibyo cherie mwiza?
Gatesi: Yego mukunzi ubaruta. Ndagukunda
Yvan: Nanjye ndagukunda rukundo
Ikiganiro nticyabaye kirekire kuko bari bagiye kujya kwiga. Gatesi kwiga yabyitagaho kandi yarabishoboraga, ndetse ntiyashoboraga gusiba gahunda yose yerekeye amasomo. Yaragiye ageze mu ishuri barangiza isomo rya mbere atabonye Uwera, yumva arahangayitse ahita amuhamagara ngo amenye ikibazo yahuye na cyo
Gatesi: Allo Uwera bite ko wasibye
Uwera: Sha ndumva ntameze neza. Niyo mpamvu ntaje
Gatesi: Ejo se ko naguhamagaye ntiwitabe nibwo wari wafashwe
Uwera: Oya sindwaye erega. Gusa ndumva ndemerewe mu mutima, nshaka kuba jyenyine ngatekereza. Reka tuzabonane ku cyumweru nimugoroba niho nzaba ntekanye
Gatesi: Sawa nta kibazo mukuru wanjye. Ndagukunda urabizi rero komeza wihangane. Nanjye nimugoroba ndasohoka na Yvan
Uwera: Sha muze kuryoherwa gusa witonde ntuze gutwarwa ngo wirekure ukabye
Gatesi: Yego humura ndabizirikana
(Yivugisha) Uhm. Niboneye umukunzi none mutangiye kumbwira ngo nitonde maze ancike mumutware. Abakobwa ndabazi sha. Ubu ibyanjye nzajya mbyimenyera ntimugiye kuzanshuka ngo nitware nabi mbabaze umukunzi maze na we ancikeho. Ahubwo reka njye kureba agakanzu ndi bwambare mu two Jacky aherutse kumfasha kugura. Ubundi nze gusohokana na cheri ntamukoza isoni.
Umunsi warakomeje uragenda amasaha arisunika, umugoroba uraza. Nuko Gatesi akomeza imyiteguro ye neza naho Yvan we gahunda yari iyo kudatinda mu kabari ubundi bagatahana akagera ku cyo yiyemeje kuva kera. Nuko isaha zigeze yambara ikabutura n’udukweto duciye bugufi, ashyiraho agapira hejuru na fulari ubundi ashyiramo akagofero ahamagara umukunzi ati duhurire hahandi ubu mvuye mu rugo.
Bageze mu kabari baricara batumiza icyo kunywa, bose bahitamo kunywa red wine, banocyesha urukwavu barasangira ari nako bakurikirana igisope, umuziki nyarwanda wo mu bihe byahise wacurangwaga n’abasore babizi cyane ukumva biryoheye amatwi rwose.
Bageze aho barahaguruka bagerageza kuwubyina ariko ukabona Gatesi nyine byamuyobeye dore ko bwari ubwa mbere abikoze. Gusa akagerageza ariko bikanga. Ageze aho yongorera Yvana ati uratuma ngusebya sinzi kubyina tubyihorere
Wagirango uwacurangaga yari yababonye ahita acuranga akaziki k’ingwatira, nuko bakomeza gufatana binyeganyeza buhoro buhoro, noneho Yvan kuko yari inzobere mu kubyina agenda amenyereza Gatesi buhoro buhoro maze arizihirwa ye.
Nka nyuma y’isaha Yvan yaramufashe akaboko bagana ku rubaraza
Yvan: Chr ndumva naniwe nshaka gutaha
Gatesi: Chr utashye kare nawe. Nibwo bikiryoha maze
Yvan: Umuziki se ko uhoraho. Tuzagaruka ubutaha. Hari ikibazo
Gatesi: Oya nta kibazo tugende
Yvan: Ntumperekeza se ubu?
Gatesi: cyangwa ahubwo ni wowe umperekeza
Yvan: Banza umperekeze nanjye ndakwishyura nyuma
Gatesi: Sawa nta kibazo tugende
Bahise batega moto nuko baragenda no ku icumbi kwa Yvan, binjira mu nzu babanza kwicara muri salon
Yvan: Chr reka mbanze nitere utuzi ndumva icyokere. Wowe se ntiwoga
Gatesi: Oya ndoga ngeze campus ntabwo nazanye iyo guhindura
Yvan: Ntabwo urara se?
Gatesi: Oya wee. Sinabiteganyije nukuri.
Yvan: Reka noge nze tuganire. Ngwino mu cyumba ube ureba ka film
Binjiye mu cyumba nuko Yvan ajya koga asiga Gatesi yicaye areba film. Gatesi yabaye acyatsa screen ahingukira kuri film abantu bari gusomana, ahita na we atwarwa n’ibyo bakoraga.
Ubwo Yvan yavaga koga yasanze Gatesi yatwawe, amwicara iruhande atangira kumukorakora ahereye mu mutwe, amanuka ibitugu buhoro buhoro, aramwegera atuje amusoma ku munwa undi na we ahita ahindukira aramusoma. Ariko ntibabitinzemo kuko Gatesi yahise abwira Yvan ko ashaka kubanza koga na we
Yagiye koga nuko aza akenyereye essuie-mains mu mabere, maze arongera yicara iruhande rwa Yvan
Bahise bakomereza aho bari bagejeje, barasomana karahava, ubwo ari na ko intoki ziri mu byazo, ngaho mu misaya, mu matwi, mu mugongo, ku bibero, mbese ahashoboka hose barahakorakorana. Gatesi yatangiye guhumeka insigane, gusa n’utaka, byo kwishima no kuryoherwa n’ibyo barimo gukora, maze Yvana abonye ko Gatesi yatwawe ahita ahaguruka akenyurura essuie-mains yari yambaye, amurambika mu buriri agaramye na we amujya hejuru atangira kumusoma amanuka buhoro buhoro, ku mabere, ku nda, ku mukondo, anamukorakora hose.
Gatesi yari yiteguye kandi ubona ko yaryohewe, maze Yvan amukuramo ikariso buhoro buhoro yitonze, undi na we aramworohereza ivamo maze Yvan nawe akuramo agakabutura yari yambaye.
Yamutandukanyije amaguru nuko ubwo yari agiye kwinjiza igitsina Gatesi ahita yeguka vuba ati
BA URETSE !!!!!!!!
Kamuzinzi: Umva mwana wa, ntidukomeje kuganira barankeneye byihutirwa ndagiye. Ariko ku cyumweru ntuzibagirwe kumbwira mama wawe namara kuhagera, byinshi uzabimenya icyo gihe. Ngaho subira ku ishuri kandi igihe cyose uzagira ikibazo cy’amafaranga uzajye umbwira.
Uwera: Ariko hari ibintu wari ugiye kumbwira ubicamo hagati utabirangije.
Kamuzinzi: Byatwara igihe kubigusobanurira kandi ubu ndi kwihuta. Ariko uzamenya byinshi icyo gihe. Ngaho akira utu dufaranga ube wifashisha mu gihe batarabaha ka buruse
Yahise amuhereza ibihumbi ijana, nuko amushyira mu modoka amugeza kuri kaminuza na we ahita ajya muri gahunda zari zimutunguye.
Gusa Uwera yagiye yibaza byinshi, yibaza aho Kamuzinzi yaba ahuriye na nyina, yibaza impamvu icyo yamutumirije atagikoze, byose bimurwanira mu mutwe.
Yarebye kuri terefoni abona Gatesi yamuhamagaye aramubura nuko aramuhamagara undi na we ntiyitaba bishoboke ko atayumvise.
******************
TUGARUKE KWA GATESI
Duheruka Gatesi na Sheilla bajya kunywa ka V&A. bageze mu kabari baricara, batumiza ho icupa ryose rinini nuko basaba n’uturahure batangira kunywa baganira.
Sheilla: Gatesi we sha burya ifaranga riraryoha ariko gukora imibonano nuwo udakunda birabiha pee. Ndumva ahubwo ari bwo ndi kubishaka
Gatesi: None se nta boyfriend ufite ngo umutungure ujye kumuraza ko numvise ngo hano murabikora
Sheilla: Sha ubu nta we mfite. Hano haba ibyo bita mariage academique, ni byo byambayeho. Umusore murakundana, akakubera nk’umugabo mwanashaka mukaba muri ghetto imwe. Ubwo rero nanjye nageze hano mbona umutype turakundana, weekend yose nayimaraga iwe. Ubu yararangije, sha ukuntu bibabaje binashekeje niyo muhamagaye anyitaba nk’aho atanzi ati ndahuze. Ubu nararize narihanaguye
Gatesi: Ko unteye ubwoba se. None Yvan na we yazabinkora ko nasara. Namaze kumwimariramo pee. Ubu imihango itinze gushira nkajya kwisujyuza
Sheilla yahise aseka cyane nuko ati
Sheilla: Sha Gate nawe ubanza icyaro ari cyo cyari cyaragutsikamiye pee. Uti kwisujyuza. Ugire Imana ntazabe nk’umugabo nahuye na we. Ni ukubabona bagenda naho ntacyo bishoboreye rwose. Uzi ko mu minota 30 yari akoze mo amaturu abiri. Kandi iyatinze yamaraga iminota ibiri gusa. Nubwo iya kabiri byabaye guhembera naho ntabwo yari tayari
Gatesi: erega jyewe ibyo umbwira simbizi. None se ubundi umuntu amara iminota ingahe ubusanzwe?
Sheilla: Ubusanzwe cheri wanjye ntiyajyaga ajya munsi y’iminota 20. ariko umva. Yakoraga gahunda nkavuga nti genda wa mugabo we uzi akazi. None njya mukumbura nkamubura sha.
Gatesi: ariko se ko bambwiye ngo ubwa mbere umuntu arava cyane koko ni byo?
Sheilla: Ushobora kuva cyangwa ntuve byose biterwa nuwo mubikoranye uburyo abikozemo, bikanagendera ku kuntu uteye. Gusa ntitwabura niyo twaba ducye da. Ariko ntibigutere ubwoba ni ibisanzwe. Iyo ubikoze ubishaka kandi uwo mubikorana mukundana biryoha biryana nyine. Hahahaaa
Gatesi: Sha dutahe ndumva kagiye kumfata kandi ejo ni kuwa gatanu wowe ubwo uzasohoka.
Sheilla: Ushaka nawe wazaza tugasohokana biremewe
Gatesi: keretse cheri nampa gahunda
Sheilla: Nta kuntu atayiguha bariya bahungu bakunda ikirori kubi
Gatesi: ariko barakize wee. Uzi ko bahorana liquor mu rugo, ntibasiba mu kabari narumiwe jyewe
Sheilla: Sha ubanza bavuka mu ngo zihagazeho. Nanjye uwantereta muri bo sinakiraza I Nyanza
Gatesi: Umva reka dutahe tutarara mu kabari ni ah’ejo
************
BUCYEYE
Yvan: Waramutse ute mukobwa mwiza
Gatesi: Ni amahoro rukundo rwanjye
Yvan: None se uyu munsi gahunda zawe zimeze gute
Gatesi: Ubu ngiye kujya mu ishuri, ubundi nta yindi gahunda mfite
Yvan: Waretse se nimugoroba tukaza gusangira ibya nijoro
Gatesi: Aho mu rugo cyangwa ahandi
Yvan: Oya nshaka ko tuza gusohoka. Ese imihango ntirakama
Gatesi: Ubanza yashize sinzi. Ariko pad nararanye ndabona nta cyagiyeho
Yvan: Ubwo rero tuze guhura nka saa mbiri hahandi tunywera haba umuziki uryoshye. Sibyo cherie mwiza?
Gatesi: Yego mukunzi ubaruta. Ndagukunda
Yvan: Nanjye ndagukunda rukundo
Ikiganiro nticyabaye kirekire kuko bari bagiye kujya kwiga. Gatesi kwiga yabyitagaho kandi yarabishoboraga, ndetse ntiyashoboraga gusiba gahunda yose yerekeye amasomo. Yaragiye ageze mu ishuri barangiza isomo rya mbere atabonye Uwera, yumva arahangayitse ahita amuhamagara ngo amenye ikibazo yahuye na cyo
Gatesi: Allo Uwera bite ko wasibye
Uwera: Sha ndumva ntameze neza. Niyo mpamvu ntaje
Gatesi: Ejo se ko naguhamagaye ntiwitabe nibwo wari wafashwe
Uwera: Oya sindwaye erega. Gusa ndumva ndemerewe mu mutima, nshaka kuba jyenyine ngatekereza. Reka tuzabonane ku cyumweru nimugoroba niho nzaba ntekanye
Gatesi: Sawa nta kibazo mukuru wanjye. Ndagukunda urabizi rero komeza wihangane. Nanjye nimugoroba ndasohoka na Yvan
Uwera: Sha muze kuryoherwa gusa witonde ntuze gutwarwa ngo wirekure ukabye
Gatesi: Yego humura ndabizirikana
(Yivugisha) Uhm. Niboneye umukunzi none mutangiye kumbwira ngo nitonde maze ancike mumutware. Abakobwa ndabazi sha. Ubu ibyanjye nzajya mbyimenyera ntimugiye kuzanshuka ngo nitware nabi mbabaze umukunzi maze na we ancikeho. Ahubwo reka njye kureba agakanzu ndi bwambare mu two Jacky aherutse kumfasha kugura. Ubundi nze gusohokana na cheri ntamukoza isoni.
Umunsi warakomeje uragenda amasaha arisunika, umugoroba uraza. Nuko Gatesi akomeza imyiteguro ye neza naho Yvan we gahunda yari iyo kudatinda mu kabari ubundi bagatahana akagera ku cyo yiyemeje kuva kera. Nuko isaha zigeze yambara ikabutura n’udukweto duciye bugufi, ashyiraho agapira hejuru na fulari ubundi ashyiramo akagofero ahamagara umukunzi ati duhurire hahandi ubu mvuye mu rugo.
Bageze mu kabari baricara batumiza icyo kunywa, bose bahitamo kunywa red wine, banocyesha urukwavu barasangira ari nako bakurikirana igisope, umuziki nyarwanda wo mu bihe byahise wacurangwaga n’abasore babizi cyane ukumva biryoheye amatwi rwose.
Bageze aho barahaguruka bagerageza kuwubyina ariko ukabona Gatesi nyine byamuyobeye dore ko bwari ubwa mbere abikoze. Gusa akagerageza ariko bikanga. Ageze aho yongorera Yvana ati uratuma ngusebya sinzi kubyina tubyihorere
Wagirango uwacurangaga yari yababonye ahita acuranga akaziki k’ingwatira, nuko bakomeza gufatana binyeganyeza buhoro buhoro, noneho Yvan kuko yari inzobere mu kubyina agenda amenyereza Gatesi buhoro buhoro maze arizihirwa ye.
Nka nyuma y’isaha Yvan yaramufashe akaboko bagana ku rubaraza
Yvan: Chr ndumva naniwe nshaka gutaha
Gatesi: Chr utashye kare nawe. Nibwo bikiryoha maze
Yvan: Umuziki se ko uhoraho. Tuzagaruka ubutaha. Hari ikibazo
Gatesi: Oya nta kibazo tugende
Yvan: Ntumperekeza se ubu?
Gatesi: cyangwa ahubwo ni wowe umperekeza
Yvan: Banza umperekeze nanjye ndakwishyura nyuma
Gatesi: Sawa nta kibazo tugende
Bahise batega moto nuko baragenda no ku icumbi kwa Yvan, binjira mu nzu babanza kwicara muri salon
Yvan: Chr reka mbanze nitere utuzi ndumva icyokere. Wowe se ntiwoga
Gatesi: Oya ndoga ngeze campus ntabwo nazanye iyo guhindura
Yvan: Ntabwo urara se?
Gatesi: Oya wee. Sinabiteganyije nukuri.
Yvan: Reka noge nze tuganire. Ngwino mu cyumba ube ureba ka film
Binjiye mu cyumba nuko Yvan ajya koga asiga Gatesi yicaye areba film. Gatesi yabaye acyatsa screen ahingukira kuri film abantu bari gusomana, ahita na we atwarwa n’ibyo bakoraga.
Ubwo Yvan yavaga koga yasanze Gatesi yatwawe, amwicara iruhande atangira kumukorakora ahereye mu mutwe, amanuka ibitugu buhoro buhoro, aramwegera atuje amusoma ku munwa undi na we ahita ahindukira aramusoma. Ariko ntibabitinzemo kuko Gatesi yahise abwira Yvan ko ashaka kubanza koga na we
Yagiye koga nuko aza akenyereye essuie-mains mu mabere, maze arongera yicara iruhande rwa Yvan
Bahise bakomereza aho bari bagejeje, barasomana karahava, ubwo ari na ko intoki ziri mu byazo, ngaho mu misaya, mu matwi, mu mugongo, ku bibero, mbese ahashoboka hose barahakorakorana. Gatesi yatangiye guhumeka insigane, gusa n’utaka, byo kwishima no kuryoherwa n’ibyo barimo gukora, maze Yvana abonye ko Gatesi yatwawe ahita ahaguruka akenyurura essuie-mains yari yambaye, amurambika mu buriri agaramye na we amujya hejuru atangira kumusoma amanuka buhoro buhoro, ku mabere, ku nda, ku mukondo, anamukorakora hose.
Gatesi yari yiteguye kandi ubona ko yaryohewe, maze Yvan amukuramo ikariso buhoro buhoro yitonze, undi na we aramworohereza ivamo maze Yvan nawe akuramo agakabutura yari yambaye.
Yamutandukanyije amaguru nuko ubwo yari agiye kwinjiza igitsina Gatesi ahita yeguka vuba ati
BA URETSE !!!!!!!!
Biracyaza….
Karabaye🙆🏻♂️
ReplyDeleteYohohooooooo, arabitanze pe mbega.
ReplyDeleteGatesi indaya mbaya.
ReplyDeleteAyiweeee!ndabona ndikubireba neza birikuba
ReplyDeleteKarabaye mutabare Gatesi
ReplyDelete