Yaramwitegereje cyaneeeeee, nuko ahita amubaza
Kamuzinzi: Ninkubaza ibibazo byinshi uransubiza?
Uwera: Nta kibazo ndagusubiza, gusa uri kuntera ubwoba kuko icyo bampamagariye ndabona ahari atari cyo washakaga
Kamuzinzi: Oya ntugire ikibazo urabona igihembo cyawe rwose. Ndetse ndanarenzaho humura ariko ureke tuganire
Uwera: yego ndabyemeye
Kamuzinzi: None se uretse jyewe, hari abandi bagabo bakuze mwari mwaryamana
Uwera: Oya nta bo
Kamuzinzi: None se uracyari isugi
Uwera: Oya sindi isugi aho naba mbeshye
Kamuzinzi: None se ufite umuhungu mukundana
Uwera: Nari mufite ariko ubu ntawe. Gusa muri bariya bahungu bawe uyu twazanye yari atangiye kuntereta, ambwiye rero ko hari service nagufasha, numva nta kibazo kandi yambwiye ko bitahungabanya umubano wacu.
Umugabo yarabanje ariruhutsa nuko arakomeza
Kamuzinzi: Hanyuma se Gatabazi ni we wakubyaye koko cyangwa ni we ukurera?
Uwera: Ese ko numva uri kwinjira mu buzima bwanjye cyane koko
Kamuzinzi: Nagize amatsiko n’amakenga rwose
Uwera: Mama yambwiye ko uwamuteye inda yamwihakanye akanamubura, nuko Gatabazi wari usanzwe amukunda yemera kumutwara atwite. Navukiye mu rugo rwe rero, ubwo ni we papa nyine
Kamuzinzi: None se mama wawe yakubwiye ko uwamuteye inda yitwa nde, yabaga hehe
Uwera: Sinigeze nshishikazwa no kubimubaza, kuko na we yavugaga ko amuheruka akimubwira ko atwite. Simuzi rero
Kamuzinzi: Mama wawe murasa cyane pee. Yaribyaye rwose. Rero ngiye kugusaba ikintu kimwe. Wanyemerera ukazampuza na mama wawe?
Uwera: Ubwo se namubwira ko umushakira iki koko?
Kamuzinzi: Wowe ntuzirirwe umubwira byinshi, uzabikora ku buryo mpura na we atari azi ko ndi buhure na we
Thierry: None se mwana Yvan, ko wambwiye ngo waraburije, byagenze bite
Yvan: Sha Gatesi yaje kunsura tondo yizinduye gusa asanga maze guherekeza Rosine. Ubwo numvaga ko ubusugi ngiye kubumukuraho naho umuginga ari mu mihango sha.
Thierry: Yayaya. Nyamara turi mu bihombo iyi minsi. Reba nanjye Uwera muhaye umukire. Ubu se koko ndacyamukuyeho akantu ko umukire amuha agatubutse ntazongere kunyiteza
Yvan: Wapi erega abakire ntibakubita imbeba neza. Ni ugukangata gusa no gushora cash. Ahubwo twinywere niyibagize ibyambayeho
Barakomeje baranywa, umubi ni ubaza Gatesi amakuru ye. Gusa Gatesi aho ari byamwanze mu nda, aramuhamagara undi aramukupa. Arongera arahamagara arongera aramukupa, amwoherereza SMS ati ndi mu kabari ndakuvugisha ninsohoka
Ariko bimwanga mu nda yumva ko ari kubisubiza inyuma nuko aramuhamagara
Yvan: Bite se ko umpamagaye bwije cyane
Gatesi: Ese ntunambaza ko nagezeyo
Yvan: Ariko wagiye utanansezeye
Gatesi: Mbabarira nari mfite umutima mubi rwose. Nguhamagaye ngo ngusabe imbabazi cheri. Ndagukunda urabizi sinifuza icyakubabaza
Yvan: Nizere ko nuva mu mihango tuziyunga se
Gatesi: Yego nzahita nkubwira rwose nzaza twiyunge
Yvan: Ijambo ryiza umbwiye riratuma ndara mu kabari. Nawe reka nkoherereze agacupa kuri MoMo ube usomasoma
Gatesi: Chr izi saha ko bwije sha wambabariye ugataha nawe?
Yvan: Humura sinsinda bae. Bzuuu ndagukunda
Yahise amwoherereza amafaranga 10000 kuri MoMo amwoherereza na SMS ati iryo ni ishimwe ko wemeye icyaha ukaba uzanaza kwica amande
Gatesi yamaze kubona iyo SMS ahita ahamagara Uwera ngo bajye kuyasangira, undi ntiyamwitaba, dore ko ikiganiro hagati ye na Kamuzinzi cyari gikomeje.
Abonye atitabye yahamagaye Sheilla undi amubwira ko yumva atameze neza gusa amusaba kumusanga muri chambre ye bakaganira
Yagiyeyo nuko batangira kuganira
Sheilla: Sha Gate, abagabo burya na bo bazi imitwe
Gatesi: Gute se kandi
Sheilla: Uribuka ba bagabo twajyanye bakatugurira?
Gatesi: Yego ndabibuka
Sheilla: Sha ntuzi ibyambayeho
Gatesi: Mbwira nguteze yombi
Sheilla: Sha namucokoje nzi yuko yamaze kugenda naho yari akiri ino. Aranshuka ngo antumye ku muntu kumbi yamaze no gufata icyumba sha. Ubwo nyine urabyumva kumucika ntibyari bigishobotse, nuko birarangira
Gatesi: Ariko nawe nizere ko utaviriyemo aho
Sheilla: Sha uriya mugabo arazinguka rwose. Natahanye 50000 rwose ku maturu abiri
Gatesi: Ariko se koko uratinyuka ugatambikiza bakaguha amafaranga?
Sheilla: Ariko rwose uranyica nawe. Ubu se uretse wowe mbibwiye undi wabimenya ni nde? Yakoresheje agakingirizo. Nta ndwara, nta nda. Cash nazicyuye. Ukomeze wasame nzaba ndeba
Gatesi: Sha nubwo ndi umukene rwose sinaryamana n’umuntu tudakundana pee. Nzarya ducye ndyame kare
Sheilla: Ubu se uraho utaraha Yvan
Gatesi: Sha wahora n’iki ko byari bibaye hakabura gato. Namukijijwe nuko ndi mu mihango naho ubundi rwose ubanza nari nasaze. Nanjye numvaga mbishaka rwose ariko ntabarwa nuko ndi mu mihango. Ubu maze kumuvugisha musaba imbabazi nemeye ko imihango nishira nzajyayo
Sheilla: Ntiwumva ko wamenye ubwenge noneho. Uriya muhungu arakize niwitwara neza uzamukuraho ubuzima. Ubu se agiye akwishyurira home na resto, ka bourse kawe ntiwajya ugatahana ukanahaho mama wawe? Waretse kuba injiji ariko. Uzakomeze wasame bazamugutwara abakobwa ba campus ntibakina ndabazi. Nushaka uzambaze amakuru menshi ndayafite nkubwire bakeba bawe
Gatesi: Utambwira ko Yvan atendeka se. Sha nababaraaaa, kuko namaze kumwiyumvamo cyane pee.
Sheilla: Isuri isambira byinshi igasohoza bicye ariko. Gusa wowe uko umwitwaraho ni byo bizatuma akomeza kugukunda cyangwa akakureka.
Gatesi: None se waje tukajya basi kunywa V&A ko numvise karyoha. Si byo?
Bahise basohoka baragenda
Uwera: None se niba atari ibanga, ni iyihe sano iri hagati yawe na mama?
Kamuzinzi: Mama wawe twamenyanye kera, tuba inshuti pee. Naramukundaga na we akankunda ariko nari umukene. Nuko urukundo rwacu rurakomeza ariko nkakomeza kubona ko ntacyo bizatanga. Nibwo naje kujya muri Tanzaniya, ubu maze imyaka itanu ngarutse
Uwera: None se wagiye mama yarashatse cyangwa yari atarashaka
Kamuzinzi: Oya nagiye atarashaka gusa wambwiye igihe wavukiye, nibuka ko nari maze hafi umwaka ngiye numva igitima kiradishye niyo mpamvu hari byinshi nshaka kuganira na mama wawe.
Uwera: Mbabarira nanjye ugire ibyo umbwiraho bicye ndakwinginze amatsiko aranyishe
Kamuzinzi: Banza unyemerere ko uzampuza na mama wawe nibwo ngira icyo nkubwira
Uwera: Rwose no ku cyumweru azaza kunsura, uzabe hafi mbahuze
Kamuzinzi: Urakoze mwana wanjye. Rero mbere yo kugira ibyo nkubwira bindi, ndagusabye ibyari bigiye kubera hano ubigire ibanga na mama wawe ntazabimenye. Nanakubaza aho twahuriye uzamubwire ko nakubonye mu nzira nkabona musa nkamukubaza. Ikindi bariya bahungu utangire ubagendere kure. Sinshaka ko ukomeza kwishora muri izi ngeso nazicwa n’agahinda. Nabaye inkundamugayo none dore ibyari bimbayeho.
Uwera: Ese noneho ko ntari gusobanukirwa, bimeze bite
Kamuzinzi: Erega naje gusanga uri..
Akijya kumubwira terefoni yahise isona, asohoka kuyitaba.
Kamuzinzi: Ninkubaza ibibazo byinshi uransubiza?
Uwera: Nta kibazo ndagusubiza, gusa uri kuntera ubwoba kuko icyo bampamagariye ndabona ahari atari cyo washakaga
Kamuzinzi: Oya ntugire ikibazo urabona igihembo cyawe rwose. Ndetse ndanarenzaho humura ariko ureke tuganire
Uwera: yego ndabyemeye
Kamuzinzi: None se uretse jyewe, hari abandi bagabo bakuze mwari mwaryamana
Uwera: Oya nta bo
Kamuzinzi: None se uracyari isugi
Uwera: Oya sindi isugi aho naba mbeshye
Kamuzinzi: None se ufite umuhungu mukundana
Uwera: Nari mufite ariko ubu ntawe. Gusa muri bariya bahungu bawe uyu twazanye yari atangiye kuntereta, ambwiye rero ko hari service nagufasha, numva nta kibazo kandi yambwiye ko bitahungabanya umubano wacu.
Umugabo yarabanje ariruhutsa nuko arakomeza
Kamuzinzi: Hanyuma se Gatabazi ni we wakubyaye koko cyangwa ni we ukurera?
Uwera: Ese ko numva uri kwinjira mu buzima bwanjye cyane koko
Kamuzinzi: Nagize amatsiko n’amakenga rwose
Uwera: Mama yambwiye ko uwamuteye inda yamwihakanye akanamubura, nuko Gatabazi wari usanzwe amukunda yemera kumutwara atwite. Navukiye mu rugo rwe rero, ubwo ni we papa nyine
Kamuzinzi: None se mama wawe yakubwiye ko uwamuteye inda yitwa nde, yabaga hehe
Uwera: Sinigeze nshishikazwa no kubimubaza, kuko na we yavugaga ko amuheruka akimubwira ko atwite. Simuzi rero
Kamuzinzi: Mama wawe murasa cyane pee. Yaribyaye rwose. Rero ngiye kugusaba ikintu kimwe. Wanyemerera ukazampuza na mama wawe?
Uwera: Ubwo se namubwira ko umushakira iki koko?
Kamuzinzi: Wowe ntuzirirwe umubwira byinshi, uzabikora ku buryo mpura na we atari azi ko ndi buhure na we
******************
TUGARUKE MU KABARI
Thierry: None se mwana Yvan, ko wambwiye ngo waraburije, byagenze bite
Yvan: Sha Gatesi yaje kunsura tondo yizinduye gusa asanga maze guherekeza Rosine. Ubwo numvaga ko ubusugi ngiye kubumukuraho naho umuginga ari mu mihango sha.
Thierry: Yayaya. Nyamara turi mu bihombo iyi minsi. Reba nanjye Uwera muhaye umukire. Ubu se koko ndacyamukuyeho akantu ko umukire amuha agatubutse ntazongere kunyiteza
Yvan: Wapi erega abakire ntibakubita imbeba neza. Ni ugukangata gusa no gushora cash. Ahubwo twinywere niyibagize ibyambayeho
Barakomeje baranywa, umubi ni ubaza Gatesi amakuru ye. Gusa Gatesi aho ari byamwanze mu nda, aramuhamagara undi aramukupa. Arongera arahamagara arongera aramukupa, amwoherereza SMS ati ndi mu kabari ndakuvugisha ninsohoka
Ariko bimwanga mu nda yumva ko ari kubisubiza inyuma nuko aramuhamagara
Yvan: Bite se ko umpamagaye bwije cyane
Gatesi: Ese ntunambaza ko nagezeyo
Yvan: Ariko wagiye utanansezeye
Gatesi: Mbabarira nari mfite umutima mubi rwose. Nguhamagaye ngo ngusabe imbabazi cheri. Ndagukunda urabizi sinifuza icyakubabaza
Yvan: Nizere ko nuva mu mihango tuziyunga se
Gatesi: Yego nzahita nkubwira rwose nzaza twiyunge
Yvan: Ijambo ryiza umbwiye riratuma ndara mu kabari. Nawe reka nkoherereze agacupa kuri MoMo ube usomasoma
Gatesi: Chr izi saha ko bwije sha wambabariye ugataha nawe?
Yvan: Humura sinsinda bae. Bzuuu ndagukunda
Yahise amwoherereza amafaranga 10000 kuri MoMo amwoherereza na SMS ati iryo ni ishimwe ko wemeye icyaha ukaba uzanaza kwica amande
Gatesi yamaze kubona iyo SMS ahita ahamagara Uwera ngo bajye kuyasangira, undi ntiyamwitaba, dore ko ikiganiro hagati ye na Kamuzinzi cyari gikomeje.
Abonye atitabye yahamagaye Sheilla undi amubwira ko yumva atameze neza gusa amusaba kumusanga muri chambre ye bakaganira
Yagiyeyo nuko batangira kuganira
Sheilla: Sha Gate, abagabo burya na bo bazi imitwe
Gatesi: Gute se kandi
Sheilla: Uribuka ba bagabo twajyanye bakatugurira?
Gatesi: Yego ndabibuka
Sheilla: Sha ntuzi ibyambayeho
Gatesi: Mbwira nguteze yombi
Sheilla: Sha namucokoje nzi yuko yamaze kugenda naho yari akiri ino. Aranshuka ngo antumye ku muntu kumbi yamaze no gufata icyumba sha. Ubwo nyine urabyumva kumucika ntibyari bigishobotse, nuko birarangira
Gatesi: Ariko nawe nizere ko utaviriyemo aho
Sheilla: Sha uriya mugabo arazinguka rwose. Natahanye 50000 rwose ku maturu abiri
Gatesi: Ariko se koko uratinyuka ugatambikiza bakaguha amafaranga?
Sheilla: Ariko rwose uranyica nawe. Ubu se uretse wowe mbibwiye undi wabimenya ni nde? Yakoresheje agakingirizo. Nta ndwara, nta nda. Cash nazicyuye. Ukomeze wasame nzaba ndeba
Gatesi: Sha nubwo ndi umukene rwose sinaryamana n’umuntu tudakundana pee. Nzarya ducye ndyame kare
Sheilla: Ubu se uraho utaraha Yvan
Gatesi: Sha wahora n’iki ko byari bibaye hakabura gato. Namukijijwe nuko ndi mu mihango naho ubundi rwose ubanza nari nasaze. Nanjye numvaga mbishaka rwose ariko ntabarwa nuko ndi mu mihango. Ubu maze kumuvugisha musaba imbabazi nemeye ko imihango nishira nzajyayo
Sheilla: Ntiwumva ko wamenye ubwenge noneho. Uriya muhungu arakize niwitwara neza uzamukuraho ubuzima. Ubu se agiye akwishyurira home na resto, ka bourse kawe ntiwajya ugatahana ukanahaho mama wawe? Waretse kuba injiji ariko. Uzakomeze wasame bazamugutwara abakobwa ba campus ntibakina ndabazi. Nushaka uzambaze amakuru menshi ndayafite nkubwire bakeba bawe
Gatesi: Utambwira ko Yvan atendeka se. Sha nababaraaaa, kuko namaze kumwiyumvamo cyane pee.
Sheilla: Isuri isambira byinshi igasohoza bicye ariko. Gusa wowe uko umwitwaraho ni byo bizatuma akomeza kugukunda cyangwa akakureka.
Gatesi: None se waje tukajya basi kunywa V&A ko numvise karyoha. Si byo?
Bahise basohoka baragenda
*******************
TUGARUKE KURI HOTELI
Uwera: None se niba atari ibanga, ni iyihe sano iri hagati yawe na mama?
Kamuzinzi: Mama wawe twamenyanye kera, tuba inshuti pee. Naramukundaga na we akankunda ariko nari umukene. Nuko urukundo rwacu rurakomeza ariko nkakomeza kubona ko ntacyo bizatanga. Nibwo naje kujya muri Tanzaniya, ubu maze imyaka itanu ngarutse
Uwera: None se wagiye mama yarashatse cyangwa yari atarashaka
Kamuzinzi: Oya nagiye atarashaka gusa wambwiye igihe wavukiye, nibuka ko nari maze hafi umwaka ngiye numva igitima kiradishye niyo mpamvu hari byinshi nshaka kuganira na mama wawe.
Uwera: Mbabarira nanjye ugire ibyo umbwiraho bicye ndakwinginze amatsiko aranyishe
Kamuzinzi: Banza unyemerere ko uzampuza na mama wawe nibwo ngira icyo nkubwira
Uwera: Rwose no ku cyumweru azaza kunsura, uzabe hafi mbahuze
Kamuzinzi: Urakoze mwana wanjye. Rero mbere yo kugira ibyo nkubwira bindi, ndagusabye ibyari bigiye kubera hano ubigire ibanga na mama wawe ntazabimenye. Nanakubaza aho twahuriye uzamubwire ko nakubonye mu nzira nkabona musa nkamukubaza. Ikindi bariya bahungu utangire ubagendere kure. Sinshaka ko ukomeza kwishora muri izi ngeso nazicwa n’agahinda. Nabaye inkundamugayo none dore ibyari bimbayeho.
Uwera: Ese noneho ko ntari gusobanukirwa, bimeze bite
Kamuzinzi: Erega naje gusanga uri..
Akijya kumubwira terefoni yahise isona, asohoka kuyitaba.
Ubu se yasanze bimeze gute? Birabe ibyuya
Biracyaza….
yasanze ari umwana we
ReplyDeleteIgisiga cyurwara rurerure kimennye inda!
ReplyDeleteArakekako arise.kandi byashobika.mbega!!!akandi gave plz.....
ReplyDeletegatesi na uwera nabana ba kamuzinzi ariko nubundi azakora ishyano kuri gatesi Niko mbibona, ariko gatesi na uwera buriwese afite nyina kamuzinzi yiriraga abagore akabajungunya bamutwitiye
ReplyDeleteYebabaweee mbega gatesi agiye kutanga ibintu nyuma yimihango. aka kana koko kamenye ubwenge
ReplyDeleteUmwana we hari ikindi se
ReplyDeleteYeweeee mbega ishyano ryari riguye,ndabona rizagwa kuri Gatesi
ReplyDelete