Gatesi yahise ahaguruka nuko aramubwira ati erega nshuti yanjye, sinaje hano ngo dukore imibonano, naje kuko byari ngombwa kandi numvaga ngukumbuye. Gusa nanone nanjye si uko ntari umuntu cyangwa ntabishaka ariko ibihe ndimo ntibinyemerera kubikora
Yvan: Ariko se ko wakomeje kubica ku ruhande ibyo bihe urimo ni ibihe bikubuza? Uri mu masengesho se, ufite ikihe kibazo?
Gatesi: Sha ndi mu mihango
Yvan: Ngo?
Gatesi: Wabyumvise ndi mu mihango kandi sinabikora ndi mu mihango
Yvan: Iyo ni imitwe sha abakobwa ndabazi. Ntabyiboneye sinemera
Gatesi: Ushaka niyambure se ubibone cyangwa hari ukundi ushaka kubibona?
Yvan: Reka nkoreho mbyumve
Gatesi yaramuretse nuko Yvan koko yumva ko yambaye pad ariko ntiyanyurwa ahubwo ashaka no gukoramo imbere ngo yumve koko ko hari amaraso yumva Gatesi ahita amwiyama
Gatesi: Ariko se Yvan urankunda koko?
Yvan: Ndagukunda peee
Gatesi: Uranyizera se
Yvan: yego ndakwizera
Gatesi: Wakabaye unyizera ntiwashidikanya ibyo nakubwiye. Ubu se kuba usanze nambaye pad koko ntibihagije? Icyakora ndumiwe pee. Inkundo z’ubu wa mugani zabaye inshinwa.
Yahise yikubita arasohoka atanasezeye aragenda. Yvan yasigaye aho amanjiriwe, ariko nanone yirya icyara ko byibuze hari intambwe agezeho.
Ubwo Kamali yahise yitunganya na we arasohoka asanga Gashumba yamaze koga aricaye aho bari bicaye ari kwiyicira ingwagasi y’icyaka na we amwicara iruhande
Kamali: Ehhhhhh dore umwana uryoshye dore umwana uryoshye. Sha burya ifaranga ni musemakweri pee.
Gashumba: Aryoshye kurenza uwawe se?
Kamali: Ariko ntukagereranye ibitagereranywa. Umugore wanjye ntaranyongera na rimwe mu myaka yose tumaranye. Kumusoma ni intambara, kumutegura wagirango ni sakirirego mba nkimukoraho ati rongora ibyo urongora niryamire. Ubwo koko ibyo bintu urumva hari aho bihuriye
Gashumba: Ariko se ubwo ikosa ni irye cyangwa ni iryawe? Kuki se utamubwira ibyo ukunda ngo mubiganireho hakiri kare? Nyamara ibyo twikoza natwe babidukoze byatubabaza. Ubu se we aramutse ahuye n’umugabo umukorera ibyo utamukorera ntiyakugaya ati uwanjye ni ukuza ajombagura gusaaa. Nidukoma urusyo tujye dukoma n’ingasire. Gusa nyine byo kariya kana karahiye byo. Iyaba katari agakuzi k’ibyinyo. Nako ndakarenganya hari ayo kaba kagusabye. Nizere ko noneho umusinyiye sheki
Kamali: Oya nari nitwaje uduhumbi 50 ni two muhaye buriya ndamufatishije ninzajya nza ino ni we uzajya anyitaho
Gashumba: Ndumva umushinga wawe wunguka da. Ubu kuva mumenyanye kugeza uyu munsi ni angahe amugendeyeho se
Kamali: Umva nywa byeri ubyihorere nanjye mu kanya mbyibajijeho birandenga. Ikibazo ni ukuntu haba hagendeye menshi hanarimo gutereta. Nako tubyihorere
Gashumba: Niko bimeze twinywere byeri. Ahubwo nari nokesheje agakwavu nzi ko na we ari buryeho none ndabona yagucitse. Ahubwo se Kamuzinzi tuzabona gute nimero ye koko? Njyewe nshaka umwana utansaba amafaranga rwose.
Kamali: Sha ibyo byo byibagirwe. Erega abakobwa baba bazi ko nta yindi nyungu. None se ko aba abizi ko utazamugira umugore, ko aba abizi ko nta kindi umushakaho kitari imibonano, urumva ari gute amafaranga atazamo
Gashumba: Sha ndumva jyewe ibyo ntazabishobora pee.
Thierry aricaye ku kibuga afite terefoni mu ntoki, ari kwibaza uwo ahamagara hagati ya Jolie na Uwera, dore ko kuri we nta mukobwa uruta undi. Yibutse ko Jolie kubera ari mu mwaka wa nyuma ataboneka cyane nuko ahamagara Uwera
Uwera: Allo Titi. Ubuzeho
Thierry: Nawe uba wanyiriyeho mwana. Uri hehe se
Uwera: Nari ndi gufotoza note hano ariko ndabirangije
Thierry: None se wansanze hano ku kibuga ukansuhuza
Uwera: Ndaje nta kibazo
Yahise amanuka amusanga ku kibuga, nuko amusoma ku itama aricara baba baganira
Thierry: Ariko shahu uri mwiza. Umusore ugutereta yatahiriwe pee
Uwera: uwuhe se kandi wowe
Thierry: Ushaka kuvuga ko nta we se ufite koko?
Uwera: Nyine nta we.
Thierry: Tujyane cantine se dufate agafanta
Uwera: Agafanta koko? Jyewe nywa fanta iyo ndwaye gusa
Thierry: Noneho tujye mu kabari rero kunywa inzoga
Uwera: Aho rwose nta kibazo.
Bahise basohoka berekeza mu kabari ka kandi bakunda kunyweramo
Bahageze baricaye nuko abakora mu kabari bahita baza babaza Thierry niba uwo bari kumwe na we anywa ibisanzwe ahita ababwira ati bihora ari kwa kundi nta gihinduka
Ariko bacyicaye terefoni ye yahise isona abona ni Yvan umuhamagaye
Yvan: Uri hehe mwana ko naraburije home jyenyine?
Thierry: Ndi hahandi hasanzwe ndi kumwe n’umwana uhiye
Yvan: naba na we sha. Jyewe bankujeho izi saha. Reka mbasange noneho ninyweremo rimwe. Shyirishaho agafi se mwana nsange gahiye.
Yvan yaraje asanga ni Uwera uhari nuko ahita agira akandi gatekerezo ko kuba bamuha Kamuzinzi mu gihe atarafatisha Gatesi.
Yahise abwira Thierry bajya ku ruhande nuko undi na we igitekerezo aragishima.
Bamaze kugaruka bahita batangira kuganiriza Uwera badaciye ku ruhande?
Yvan: None se Uwe, uwakurangira ikiraka wakuramo ibihumbi nka 50 mu isaha imwe ntiwagikora
Uwera: Ubwo se icyo kiraka kibaho koko
Thierry: Yego kibaho. Ubu se umuntu agusabye ngo mujyane mu cyumba nimusohokamo araguha ayo mafaranga?
Uwera: Jyewe ngasambanira amafaranga? Uzi ko muntangaje
Thierry: Oya si ugusambana yewe. Turaguha map neza ubundi wumve niba zarya
Uwera: Ngaho mumbwire neza
Baramusobanuriye bakomeza kumutera amasomo yose ashoboka, undi abanza kwanga ariko burya ngo umuntu ananira umuhana ntananira umushuka
Yvan: Wowe uzakore uko ushoboye kose arangize atarakurongora. Hari ukuntu umukorera massage, ukamukorakora umusoma, biriya bisaza ntibigora ahita arangiza kandi akishima. Na we icyo aba ashaka ahanini si ukukurongora erega
Uwera: Apuu niba ari ibyo ntibyananira rwose. Nimushaka munambwire uyu munsi ndi tayari.
Bahise bahamagara umukire ari we Kamuzinzi
Yvan: Boss none se ko nari nabonye gahunda yihuse ntabwo waba uyitabaje mu gihe yayindi itaraboneka
Kamuzinzi: OK. Ubu ndi mu cyaro rero ndazamuka nimugoroba, ubwo nka saa mbiri ndaba mpageze ndababwira aho mperereye
Umugambi bari bawunogeje, nuko ifi na zo zirahagera bararya baranywa.
Thierry: Uwera rero iki kigabo ntikikurongore simbishaka. Umenye ko nubwo ibi mbyemeye ariko ngukunda. Ahubwo ni uburyo bwo kwishakira cash
Uwera: Oya nta kibazo rwose humura ndiyizi ndaniyizeye ntabwo uriya mugabo ari bunambone igitsina. Nubwo nawe ariho tukimenyana ariko byibuze wowe uri urungano.
Yvan: Sha Uwera rwose arasobanutse we. Ndabikunze cyane
Bakomeje kwinywera ari na ko baganira, nuko amasaha na yo ntiyatinda kwisunika akomeza kugenda akura buhoro buhoro kugeza za saha wa mukire yababwiye zigeze.
Yaragiye afata icyumba aho asanzwe arara nuko ahita ahamagara
Kamuzinzi: Allo Yvan. Ngaho mumuyobore hahandi njya ndara.
Yvan: Eeeh. Ariko se boss ubwo arizana cyangwa umwe muri twe amuherekeze ahamugeze?
Kamuzinzi: Ngaho umwe amuzane noneho ndebe ko nanabaha ako muba munywa ndabizi ubu icyaka kibamereye nabi
Nuko Thierry na Uwera bafata moto, baragenda. Bageze yo, umukire ahita amuha amafaranga yo kuba bafata agacupa, na we yinjira mu cyumba na Uwera.
Gusa umusaza ageze mu cyumba abanza kuganiriza Uwera gato
Kamuzinzi: Bite se mukobwa mwiza
Uwera: Ni byiza papa
Kamuzinzi: Oya winyita papa ngo ni uko nkuze. Nitwa Kamuzinzi uzinguka. Iwanyu se ni hehe muko?
Uwera: Iwacu ni i Nyanza
Kamuzinzi: Nyanza? Ko hose mpazi ra. Papa wawe yitwa nde?
Uwera: Yitwa Gatabazi
Kamuzinzi: Naho se mama wawe?
Uwera: Mama wanjye yitwa Mukamusoni
Kamuzinzi: Mukamusoni? Irindi rye ni irihe?
Uwera: irindi yitwa Jeannette. Ariko se papa kuki uri kumbaza ibyo byose?
Kamuzinzi atangaye cyane: uri umwana wa Mukamusoni? Ndamuzi mama wawe. None se ufite imyaka ingahe ubu
Uwera: Ubu nujuje 22.
Kamuzinzi: Ngo ingahe?
Yvan: Ariko se ko wakomeje kubica ku ruhande ibyo bihe urimo ni ibihe bikubuza? Uri mu masengesho se, ufite ikihe kibazo?
Gatesi: Sha ndi mu mihango
Yvan: Ngo?
Gatesi: Wabyumvise ndi mu mihango kandi sinabikora ndi mu mihango
Yvan: Iyo ni imitwe sha abakobwa ndabazi. Ntabyiboneye sinemera
Gatesi: Ushaka niyambure se ubibone cyangwa hari ukundi ushaka kubibona?
Yvan: Reka nkoreho mbyumve
Gatesi yaramuretse nuko Yvan koko yumva ko yambaye pad ariko ntiyanyurwa ahubwo ashaka no gukoramo imbere ngo yumve koko ko hari amaraso yumva Gatesi ahita amwiyama
Gatesi: Ariko se Yvan urankunda koko?
Yvan: Ndagukunda peee
Gatesi: Uranyizera se
Yvan: yego ndakwizera
Gatesi: Wakabaye unyizera ntiwashidikanya ibyo nakubwiye. Ubu se kuba usanze nambaye pad koko ntibihagije? Icyakora ndumiwe pee. Inkundo z’ubu wa mugani zabaye inshinwa.
Yahise yikubita arasohoka atanasezeye aragenda. Yvan yasigaye aho amanjiriwe, ariko nanone yirya icyara ko byibuze hari intambwe agezeho.
***********************
DUSUBIRE KURI PISCINE
Ubwo Kamali yahise yitunganya na we arasohoka asanga Gashumba yamaze koga aricaye aho bari bicaye ari kwiyicira ingwagasi y’icyaka na we amwicara iruhande
Kamali: Ehhhhhh dore umwana uryoshye dore umwana uryoshye. Sha burya ifaranga ni musemakweri pee.
Gashumba: Aryoshye kurenza uwawe se?
Kamali: Ariko ntukagereranye ibitagereranywa. Umugore wanjye ntaranyongera na rimwe mu myaka yose tumaranye. Kumusoma ni intambara, kumutegura wagirango ni sakirirego mba nkimukoraho ati rongora ibyo urongora niryamire. Ubwo koko ibyo bintu urumva hari aho bihuriye
Gashumba: Ariko se ubwo ikosa ni irye cyangwa ni iryawe? Kuki se utamubwira ibyo ukunda ngo mubiganireho hakiri kare? Nyamara ibyo twikoza natwe babidukoze byatubabaza. Ubu se we aramutse ahuye n’umugabo umukorera ibyo utamukorera ntiyakugaya ati uwanjye ni ukuza ajombagura gusaaa. Nidukoma urusyo tujye dukoma n’ingasire. Gusa nyine byo kariya kana karahiye byo. Iyaba katari agakuzi k’ibyinyo. Nako ndakarenganya hari ayo kaba kagusabye. Nizere ko noneho umusinyiye sheki
Kamali: Oya nari nitwaje uduhumbi 50 ni two muhaye buriya ndamufatishije ninzajya nza ino ni we uzajya anyitaho
Gashumba: Ndumva umushinga wawe wunguka da. Ubu kuva mumenyanye kugeza uyu munsi ni angahe amugendeyeho se
Kamali: Umva nywa byeri ubyihorere nanjye mu kanya mbyibajijeho birandenga. Ikibazo ni ukuntu haba hagendeye menshi hanarimo gutereta. Nako tubyihorere
Gashumba: Niko bimeze twinywere byeri. Ahubwo nari nokesheje agakwavu nzi ko na we ari buryeho none ndabona yagucitse. Ahubwo se Kamuzinzi tuzabona gute nimero ye koko? Njyewe nshaka umwana utansaba amafaranga rwose.
Kamali: Sha ibyo byo byibagirwe. Erega abakobwa baba bazi ko nta yindi nyungu. None se ko aba abizi ko utazamugira umugore, ko aba abizi ko nta kindi umushakaho kitari imibonano, urumva ari gute amafaranga atazamo
Gashumba: Sha ndumva jyewe ibyo ntazabishobora pee.
*****************
DUSUBIRE MURI KAMINUZA
Thierry aricaye ku kibuga afite terefoni mu ntoki, ari kwibaza uwo ahamagara hagati ya Jolie na Uwera, dore ko kuri we nta mukobwa uruta undi. Yibutse ko Jolie kubera ari mu mwaka wa nyuma ataboneka cyane nuko ahamagara Uwera
Uwera: Allo Titi. Ubuzeho
Thierry: Nawe uba wanyiriyeho mwana. Uri hehe se
Uwera: Nari ndi gufotoza note hano ariko ndabirangije
Thierry: None se wansanze hano ku kibuga ukansuhuza
Uwera: Ndaje nta kibazo
Yahise amanuka amusanga ku kibuga, nuko amusoma ku itama aricara baba baganira
Thierry: Ariko shahu uri mwiza. Umusore ugutereta yatahiriwe pee
Uwera: uwuhe se kandi wowe
Thierry: Ushaka kuvuga ko nta we se ufite koko?
Uwera: Nyine nta we.
Thierry: Tujyane cantine se dufate agafanta
Uwera: Agafanta koko? Jyewe nywa fanta iyo ndwaye gusa
Thierry: Noneho tujye mu kabari rero kunywa inzoga
Uwera: Aho rwose nta kibazo.
Bahise basohoka berekeza mu kabari ka kandi bakunda kunyweramo
Bahageze baricaye nuko abakora mu kabari bahita baza babaza Thierry niba uwo bari kumwe na we anywa ibisanzwe ahita ababwira ati bihora ari kwa kundi nta gihinduka
Ariko bacyicaye terefoni ye yahise isona abona ni Yvan umuhamagaye
Yvan: Uri hehe mwana ko naraburije home jyenyine?
Thierry: Ndi hahandi hasanzwe ndi kumwe n’umwana uhiye
Yvan: naba na we sha. Jyewe bankujeho izi saha. Reka mbasange noneho ninyweremo rimwe. Shyirishaho agafi se mwana nsange gahiye.
Yvan yaraje asanga ni Uwera uhari nuko ahita agira akandi gatekerezo ko kuba bamuha Kamuzinzi mu gihe atarafatisha Gatesi.
Yahise abwira Thierry bajya ku ruhande nuko undi na we igitekerezo aragishima.
Bamaze kugaruka bahita batangira kuganiriza Uwera badaciye ku ruhande?
Yvan: None se Uwe, uwakurangira ikiraka wakuramo ibihumbi nka 50 mu isaha imwe ntiwagikora
Uwera: Ubwo se icyo kiraka kibaho koko
Thierry: Yego kibaho. Ubu se umuntu agusabye ngo mujyane mu cyumba nimusohokamo araguha ayo mafaranga?
Uwera: Jyewe ngasambanira amafaranga? Uzi ko muntangaje
Thierry: Oya si ugusambana yewe. Turaguha map neza ubundi wumve niba zarya
Uwera: Ngaho mumbwire neza
Baramusobanuriye bakomeza kumutera amasomo yose ashoboka, undi abanza kwanga ariko burya ngo umuntu ananira umuhana ntananira umushuka
Yvan: Wowe uzakore uko ushoboye kose arangize atarakurongora. Hari ukuntu umukorera massage, ukamukorakora umusoma, biriya bisaza ntibigora ahita arangiza kandi akishima. Na we icyo aba ashaka ahanini si ukukurongora erega
Uwera: Apuu niba ari ibyo ntibyananira rwose. Nimushaka munambwire uyu munsi ndi tayari.
Bahise bahamagara umukire ari we Kamuzinzi
Yvan: Boss none se ko nari nabonye gahunda yihuse ntabwo waba uyitabaje mu gihe yayindi itaraboneka
Kamuzinzi: OK. Ubu ndi mu cyaro rero ndazamuka nimugoroba, ubwo nka saa mbiri ndaba mpageze ndababwira aho mperereye
Umugambi bari bawunogeje, nuko ifi na zo zirahagera bararya baranywa.
Thierry: Uwera rero iki kigabo ntikikurongore simbishaka. Umenye ko nubwo ibi mbyemeye ariko ngukunda. Ahubwo ni uburyo bwo kwishakira cash
Uwera: Oya nta kibazo rwose humura ndiyizi ndaniyizeye ntabwo uriya mugabo ari bunambone igitsina. Nubwo nawe ariho tukimenyana ariko byibuze wowe uri urungano.
Yvan: Sha Uwera rwose arasobanutse we. Ndabikunze cyane
Bakomeje kwinywera ari na ko baganira, nuko amasaha na yo ntiyatinda kwisunika akomeza kugenda akura buhoro buhoro kugeza za saha wa mukire yababwiye zigeze.
Yaragiye afata icyumba aho asanzwe arara nuko ahita ahamagara
Kamuzinzi: Allo Yvan. Ngaho mumuyobore hahandi njya ndara.
Yvan: Eeeh. Ariko se boss ubwo arizana cyangwa umwe muri twe amuherekeze ahamugeze?
Kamuzinzi: Ngaho umwe amuzane noneho ndebe ko nanabaha ako muba munywa ndabizi ubu icyaka kibamereye nabi
Nuko Thierry na Uwera bafata moto, baragenda. Bageze yo, umukire ahita amuha amafaranga yo kuba bafata agacupa, na we yinjira mu cyumba na Uwera.
Gusa umusaza ageze mu cyumba abanza kuganiriza Uwera gato
Kamuzinzi: Bite se mukobwa mwiza
Uwera: Ni byiza papa
Kamuzinzi: Oya winyita papa ngo ni uko nkuze. Nitwa Kamuzinzi uzinguka. Iwanyu se ni hehe muko?
Uwera: Iwacu ni i Nyanza
Kamuzinzi: Nyanza? Ko hose mpazi ra. Papa wawe yitwa nde?
Uwera: Yitwa Gatabazi
Kamuzinzi: Naho se mama wawe?
Uwera: Mama wanjye yitwa Mukamusoni
Kamuzinzi: Mukamusoni? Irindi rye ni irihe?
Uwera: irindi yitwa Jeannette. Ariko se papa kuki uri kumbaza ibyo byose?
Kamuzinzi atangaye cyane: uri umwana wa Mukamusoni? Ndamuzi mama wawe. None se ufite imyaka ingahe ubu
Uwera: Ubu nujuje 22.
Kamuzinzi: Ngo ingahe?
Ese ko uyu mukire atangajwe n’imyaka ya Uwera bite?
Biracyaza…
Uwera nu wa Kamuzinzi
ReplyDeleteKarabaye
ReplyDeleteAsanze ashobora kuba ari umukobwa we tu
ReplyDeleteAhubwo ubanza Uwera na Gatesi bahuje se kabisa. Uru Uwera azarusimbuka gusa mfite ubwoba ko Gatesi we bazaryamana
ReplyDeletekamuzinzi ahora abyaragura agata nabana be gatesi na uwera nabana be!
ReplyDeleteNdabarahiye iki kigabo nigisazi.
ReplyDeleteSi ngaho Uwera yiboneye papa we!!!
ReplyDeleteIri bikwiye kubera isomo aba papa bihakana abana babo.
niyo mpamvu Uwera yiyumvisemo Gatesi nibene mugabo umwe
ReplyDeleteAba basore barakataje mu gucuruza inkumi mbona amaherezo bizabagwa nabi
ReplyDeleteMbega ukabona abasore bafite cash ukibaza icyo bakora kikakuyobera naho bacuruza abantu.Uwera agize amahirwe.Nizere ko na Gatesi azamucika.
ReplyDeleteGatesi nge naramwanze ni umwasama numero ya mbere.
ReplyDelete